Rutsiro: Yafunzwe akekwaho kwiba ibendera ry’Igihugu ku biro by’akagari

Umugabo w’imyaka 22 wo mu Karere ka Rutsiro yafunzwe akekwabo kwiba ibendera ry’Igihugu ku biro by’Akagari, nyuma akaba ari na we uhamagara umuyobozi w’ingabo ko aribonye munsi y’urugo rwe. Uyu mugabo yafashwe ku wa 9 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Gihango, Akagari ka Ruhingo ho mu Mudugudu wa Kabuga mu masaha y’igicamunsi, nyuma y’iperereza ry’inzego […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yahigiye gufata Uvira mu ’minsi mike’

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko rifite intego yo gutangira urugamba rwo gufata umujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu minsi mike iri imbere. Ubu butumwa bwatanzwe na Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo washyizweho na AFC/M23, Busu Bwa Ngwi Patrick, ku wa 9 Ukwakira 2025 ubwo yashyikirizaga […]

Continuer la lecture

Perezida wa Sénégal agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal arateganya kugirira mu Rwanda uruzinduko rw’akazi ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame. Iby’urwo ruzinduko byemejwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri muri Sénégal ku wa Kane. Abakuru b’ibihugu byombi bakomeje gufatanya mu gukomeza gushimangira umubano hagati y’u Rwanda na Sénégal. Perezida Kagame ni […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Ibikorwaremezo yasobanuye imikoreshereze y’Ikibuga cy’Indege cya Kigali icya Bugesera nicyuzura

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yatangaje ko mu gihe ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali kiri kubakwa mu Karere ka Bugesera kizaba kimaze kuzura, icya Kanombe kitazongera gukoreshwa n’indege nini zitwara abagenzi cyangwa izitwara ibicuruzwa. Yabigarutseho kuri uyu wa 9 Ukwakira 2025, ubwo yari amaze kugirana ibiganiro n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano ku ngamba […]

Continuer la lecture

Abarenga 5000 bamaze gufasha gusubira mu ishuri binyuze mushinga w’Abongereza

Binyuze mu mushinga Minisiteri y’Uburezi ifatanyamo na Guverinoma y’u Bwongereza ugamije kuzamura ireme ry’uburezi uzwi nka Learning and inclusion for transformation, LIFT, abanyeshuri 5000 bari barataye ishuri bamaze kurisubizwamo kuva umwaka w’amashuri 2025/2026 watangira. Byagarutsweho n’Umuyobozi w’uyu mushinga, Silas Bahingasenga, wagaragaje ko ukomeje kugira umusaruro mwiza ku burezi bw’u Rwanda, ubwo ibikorwa by’uyu mushinga byasurwaga […]

Continuer la lecture

Loni igiye kugabanya 25% y’ingabo zayo ziri mu butumwa bw’Amahoro

Umuryango w’Abibumbye watangaje ugiye kugabanya 25% y’ingabo zayo ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu nce zitandukanye, bitewe n’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabanyije inkunga zawugeneraga. Umwe mu bayobozi bakuru b’uyu muryango wabitangaje, yavuze ko ibihumbi by’ingabo z’uyu muryango ziri mu butumwa ahatandukanye ku Isi, zizasezererwa mu mezi ari imbere, bitewe na gahunda ya […]

Continuer la lecture

EU yahaye u Rwanda miliyoni 95 z’Amayero azafasha mu gukora inkingo

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yahuye na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ursula Von der Leyern, bagirana ibiganiro byibanze ku mikoranire y’impande zombi no gukomeza ubufasha mu bijyanye no gukora inkingo mu Rwanda. Abayobozi bombi bahuye kuri uyu wa 9 Ukwakira 2025, ubwo Perezida Kagame yari yitabiriye Inama Mpuzamahanga y’ubufatanye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u […]

Continuer la lecture

Gasabo: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’ibikorwa remezo by’amashanyarazi

Sabato Mupenzi w’imyaka 27 yatawe muri yombi na Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Ndera akekwaho ubujura no kwangiza ibikorwa remezo by’amashanyarazi. Uyu mugabo yatawe muri yombi ku wa 08 Ukwakira 2025 atwaye igare ririho imifuka Ibiri irimo amaburo manini afunga ibyuma byo ku mapironi na transifo akekwaho kwangiza ndetse n’ibikoresho birimo […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari mu Bubiligi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari izwi nka ‘Global Gateway Forum 2025’ i Buruseli mu Bubiligi. Inama izamara iminsi Ibiri ibaye ku nshuro ya Kabiri, aho yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma, yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 09-10 Ukwakira 2025. Inama igamije guteza imbere ubufatanye mpuzamahanga mu gihe hari […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku birebana na Afurika, Massad Boulos, byagarutse ku rugendo rwo kwimakaza amahoro mu karere k’ibiyaga bigari. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko u Rwanda rugifite ubushake n’umuhate kugira ngo amahoro n’umutekano bigerweho mu buryo burambye. Boulos yaherukaga mu Rwanda muri Mata ubwo yahuraga […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda barenga 380 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 382 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nk’uko byagenze no ku byiciro byabanje, aba Banyarwanda biganjemo abagore n’abana binjiriye ku mupaka munini w’u Rwanda na RDC uzwi nka La Corniche. Igikorwa cyo gucyura Abanyarwanda cyashingiye ku myanzuro yafatiwe mu nama y’u Rwanda, RDC […]

Continuer la lecture