Yampano yasabiwe gufungwa by’agateganyo.

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro gufunga by’agateganyo iminsi 30 umuhanzi Uworizagwira Florien wamenyekanye nka Yampano mu gihe iperereza ku byaha akurikiranyweho rigikomeje. Urubanza rwe rwabaye kuri uyu wa 2 Kamena 2026. Ubushinjacyaha bwasobanuye ko bwareze Uworizagwira Florien alias Yampano, bushingiye ku kirego cyatanzwe n’umugore we, babanaga ariko batarasezeranye, ku wa 11 Gicurasi 2026. Ubuhagarariye […]

Continuer la lecture

Les billets pour le deuxième jour du concert de King James sont disponibles.

Les billets pour le deuxième jour du concert de King James, célébrant ses 20 ans de carrière musicale, sont désormais en vente, après que ceux du premier jour se soient tous vendus en seulement trois jours. Les billets pour le deuxième jour ont été mis en vente ce lundi 1er juin 2026, comme annoncé. Le billet le moins cher coûte 15 000 Frw, [...]

Continuer la lecture

Gicumbi: Umusore yategewe kunywa amacupa ya “Walagi” birangira imuhitanye.

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 wo mu Karere ka Gicumbi bikekwa ko yapfuye nyuma yo gutegerwa kumara amacupa atanu y’inzoga zo mu bwoko bwa Rikeri, “Uganda Walagi” ngo bamuhe ibihumbi 30Frw ariko apfa atarayamara. Ibi byabaye ku wa Mbere tariki ya 01 Kamena 2026, bibera mu Murenge wa Mukarange, mu karere ka Gicumbi. Abamenye […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame na Macron barataha urwibutso rwa Jenoside i Paris.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, barataha ku mugaragaro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwubatswe i Paris, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 02 Kamena 2026. Nk’uko byashimangiwe n’Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa (Champs Elysée), iyubakwa ry’urwo rwibutso, rishingiye ku mubano mwiza urangwa hagati […]

Continuer la lecture

Ikipe y’Igihugu Amavubi yatangiye umwiherero utegura imikino ya gicuti muri Maroc.

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ batangiye umwiherero utegura imikino ibiri ya gicuti bazakinira muri Maroc, irimo uwa Tanzania n’uwa Comores mu rwego kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Kamena 2026, ni bwo abakinnyi bakina mu Rwanda n’abandi bahageze kare barimo […]

Continuer la lecture

Iran yarashe drone ya Amerika, inamisha ibisasu muri Kuwait.

Ubushyamirane mu Burasirazuba bwo Hagati bwafashe indi ntera kuri uyu wa Mbere, nyuma y’uko Koweit itangaje ko yagabweho ibitero bya missile na drone, mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika na zo zemeje ko zagabye ibitero ku bikoresho bya Iran bigenzura intwaro n’imiyoborere ya drones mu mpera z’icyumweru. Ibiro Ntaramakuru bya Leta ya Koweit byatangaje […]

Continuer la lecture

Kamonyi: Umusore yafatiwe mu cyuho amaze kwiba ihene eshatu

Umusore wo mu Kagari ka Ngoma mu Murenge wa Nyamiyaga,Akarere ka Kamonyi yafatiwe mu cyuho amaze kwiba ihene eshatu z’umuturage. Uyu musore yafashwe na Polisi ifatanyije n’abaturage ku Cyumweru tariki ya 31 Gicurasi 2025. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo CIP Hassan Kamanzi yashimiye abaturage baleje kwimakaza umuco mwiza wo gutangira amakuru ku gihe kandi […]

Continuer la lecture

APR FC yakiriwe ishimirwa ibikombe 3 yegukanye mu 2025/26.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga yakiriye ku meza abakinnyi n’abatoza b’ikipe ya APR FC ku Birindiro Bikuru by’Ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura, agamije kubashimira ibikombe bitatu begukanye mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Iki gikorwa cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2026, nyuma y’aho ikipe y’Ingabo z’u Rwanda ishyikirijwe igikombe […]

Continuer la lecture