Perezida Ndayishimiye yahamije ko inkongi yafashe ububiko bw’ibisasu i Bujumbura itatewe n’amashanyarazi.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko inkongi yafashe ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare cya ‘Camp Base’ i Bujumbura mu mpera za Werurwe itatewe n’umuriro w’amashanyarazi, bitandukanye n’ibyari byatangajwe mbere. Ububiko bw’ibisasu muri iki kigo bwafashwe n’inkongi ku mugoroba wa tariki ya 31 Werurwe. Byose byaraturitse, bimwe bisenya inzu z’abaturage n’ibindi bikorwa, byica […]

Continuer la lecture

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka.

Element EleéeH umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateguje abakunzi be indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi barimo Bien wo muri Kenya na Joshua Baraka wo muri Uganda. Element EleéeH ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho ari gukorera indirimbo abahanzi barimo Meddy, Emmy na Shaffy. Ubu yamaze guteguza indirimbo ye nshya yise ‘Ayayaah’ […]

Continuer la lecture

Ibimenyetso bigaragaza ko Minisitiri w’Itumanaho mu Burundi ashobora kuba yarishwe bikomeje kwiyongera

Mu gihe Leta y’u Burundi ihamya ko uwabaye Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru kuva muri Kanama 2025 kugeza tariki ya 16 Mata 2026, Gabby Bugaga, yishwe n’impanuka y’imodoka, ibimenyetso byatangiye gukwirakwizwa bigaragaza ko ashobora kuba yarishwe. Mu gitondo cya tariki ya 16 Mata, imodoka ya Minisitiri Bugaga yagaragaye iparitse mu isambu y’imikindo mu gace ka Kivoga, hafi […]

Continuer la lecture

Nyagatare: Umusore wanditse kuri X ‘abeshya’ ko Abamotari bari kwicwa, yafunzwe.

Umusore wo mu Karere ka Nyagatare, wavugaga ko ari umumotari, yatawe muri yombi azira gutangaza amakuru y’ibihuha. Uyu musore yanditse ku rubuga rwa X ko mu Karere ka Nyagatare hari ibikorwa byo kwica abamotari by’umwihariko mu Murenge wa Rukomo. Ati “ Abamotari bari gutegerwa mu muhanda bakamburwa moto bakamwica, ibi bintu bimaze kuba ku bantu […]

Continuer la lecture

Madagascar: Col. Patrick Rakotomamonjy yatawe muri yombi akekwaho kugerageza ‘coup d’état.

Ubutegetsi bwa Madagascar bwemeje ko Colonel Patrick Rakotomamonjy uri mu basirikare bakuru muri kiriya gihugu yatawe muri yombi, akaba akekwaho kugira uruhare mu mugambi wo kugerageza guhungabanya ubutegetsi no kugirira nabi abayobozi bakuru b’igihugu. Nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’umutekano abivuga, uyu musirikare yafashwe nyuma y’iperereza ryari rimaze iminsi rikorwa ku bikorwa bivugwa ko byari […]

Continuer la lecture

Kinshasa yemeye kurekura imfungwa zirenga 300 za AFC/M23.

Umutwe wa AFC/M23 na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byemeranyije ko mu minsi 10 iri imbere buri ruhande ruzarekura imfungwa z’urundi zifite. Ibi biri mu byo impande zombi zumvikanyeho, nyuma y’ibiganiro kuva ku wa Mbere w’iki cyumweru zagiraniraga mu mujyi wa Montreux wo mu Busuwisi. Ni ibiganiro byanitabiriwe n’abarimo Leta Zunze Ubumwe za […]

Continuer la lecture

Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz mu minsi y’agahenge.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Seyed Abbas Araghchi yatangaje ko nyuma y’uko hemejwe agahenge ku ntambara iri kubera muri Liban, ubu ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bushobora gutambuka mu gihe cyose aka gahenge kazamara Ubutumwa Seyed Abbas Araghchi yashyize ku mbuga nkoranyambaga buvuga ko nyuma y’aho Israel yemeye guhagarika intambara muri Liban, “inzira ifunguye […]

Continuer la lecture

Abantu 100 batwara ibinyabiziga bamaze guhanwa bazira guhenda abagenzi.

Nyuma yo gutangaza ibiciro bishya by’ingendo, abagera hafi ku 100 batwara abagenzi bamaze guhanirwa kubahenda bazamura ibiciro. Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rurimo gukurikiranira hafi mu Gihugu hose ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro bishya by’ingendo biherutse gushyirwaho. Rwasabye abatwara abagenzi kubahiriza no kumanika ibiciro aho abagenzi bategera no mu modoka ndetse kandi abagenzi basabwa gukomeza gutanga […]

Continuer la lecture

U Burayi busigaranye amavuta y’indege yakora ibyumweru bitandatu gusa.

U Burayi bufite ibyago byinshi byo kubura amavuta akoreshwa mu ndege ku buryo bishobora kudindiza ingendo zo mu mpeshyi kuva muri Kamena 2026. Umuyobozi w’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Ingufu, yavuze ko uyu mugabane usigaranye amavuta y’indege yo gukoresha mu byumweru bitandatu gusa. Ikibazo cy’ibura ry’aya mavuta gishingiye ku makimbirane akomeje kubera mu Burasirazuba bwo Hagati. Ibi […]

Continuer la lecture

41,1% by’abahawe gatanya mu Rwanda bari bataramarana imyaka 10.

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko ingo 2.629 zahawe gatanya zinashyirwa muri muri sisiteme mu 2025, ndetse 41,1% bari bamaranye imyaka itageze ku 10 babana, mu gihe ingo 18 gusa mu zahawe gatanya ari zo zari zimaranye igihe kirenze imyaka 45. Raporo yitwa Rwanda Vital Statistics report 2025 yashyizwe hanze ku wa 15 Mata […]

Continuer la lecture

Haringingo Francis yemerewe gutoza Rayon Sports.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko umutoza ukomoka mu Burundi, Haringingo Francis Christian, yemerewe gutoza ikipe ya Rayon Sports mu buryo bwubahirije amategeko nyuma yo gukemura ibibazo yari afitanye na Kiyovu Sports yari yaranze kumurekura. Ibi byatangajwe binyuze mu butumwa FERWAFA yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo ku mugoroba wo ku wa Kane tariki […]

Continuer la lecture