Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwatoye Komisiyo nshya ishinzwe imyitwarire

Abagize Inteko rusange y’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda batoye abantu batandatu bagize Komisiyo yayo ishinzwe imyitwarire, hamwe n’undi umwe uri mu bagize Inama y’Ubutegetsi, bagiye gukora mu myaka itatu iri imbere. Ni amatora yabereye i Kigali ku itariki ya 17 Ukwakira 2025, asiga hatowe abantu barindwi basimbuye abasoje manda y’imyaka itatu muri izo nshingano. Mu bagize […]

Continuer la lecture

U Rwanda rugiye kwakira ihuriro mpuzamahanga ku buhinzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka

Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko u Rwanda ruzakira ihuriro mpuzamahanga ryiga ku buhinzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka, rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu. Ni mu itangazo ryasohotse tariki ya 21 Nyakanga 2022, nyuma y’ihuriro mpuzamahanga ryo ku nshuro ya gatanu ryaberaga i Quebec muri Canada. Iri huriro biteganyijwe ko rizatangira ku wa 20-24 Ukwakira 2025, bikazabera muri […]

Continuer la lecture

Gutanga ‘procurations’ muri serivisi z’ubutaka byahagaritswe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyahagaritse by’agateganyo kwakira impapuro mpeshabubasha zizwi nka ’procurations’, mu gukumira ko hari abantu bakoresha uburiganya bagahimba inyandiko bagamije guhererekanya ubutaka butari ubwabo. Itangazo ry’iki kigo rivuga ko muri iki gihe umuntu wese ukeneye serivisi y’ihererekanya ry’uburenganzira ku butaka ashobora kubona noteri hafi y’aho atuye n’izindi nzego zashyizweho. Rivuga ko bitakiri […]

Continuer la lecture

Abanyarwanda bihagije mu biribwa bageze kuri 83%

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI yatangaje ko kugeza ubu Abanyarwanda bamaze kwihaza mu biribwa bageze kuri 83% kavuye kuri 79,2%. Byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Ukwakira 2025, mu kiganiro n’itangazamakuru cyagarukaga ku myiteguro yo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa, u Rwanda ruzihiza tariki ya 24 Ukwakira 2025. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buhinzi n’Ibiribwa […]

Continuer la lecture

Kenya: Ikiriyo cya Raila Odinga cyapfiriyemo abarenga batatu

Ikiriyo cya Raila Odinga witabye Imana tariki ya 15 Ukwakira 2025 cyahindutse imyigaragambyo muri Kenya, abashinzwe umutekano batangira kwifashisha imyuka iryana mu maso kugira ngo babatatanye. Raila yabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, amara imyaka myinshi atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya. Yapfuye nyuma yo guhagarara k’umutima ubwo yari yagiye kwivuriza amaso mu Buhinde. Kuva inkuru y’urupfu […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Urujijo ku mugabo wasanzwe mu ruganiriro amanitse mu mugozi yapfuye

Rutsiro, yasanzwe mu mugozi mu ruganiriro rw’inzu ye yapfuye, bigakekwa ko yiyahuye. Umurambo we wabonwe bwa mbere n’umwana we wari uvuye ku ishuri agahita ahuruza abaturanyi, ku mugoroba wa tariki 15 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Gihango, Akagari ka Shyembe ho mu Mudugudu wa Rwamiyaga, ku isaha ya saa 19:15. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gihango, […]

Continuer la lecture

Imaramatsiko ku bice by’umubiri w’umuntu bikoreshwa hapimwa ADN

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi bwa Gihanga bikoreshwa mu Butabera (RFI), bwasobanuye ko mu gihe bapima uturemangingo ndangasano (ADN) ku muntu muzima bakuba agapamba mu itama, mu gihe uwapfuye kera bakoresha amagufa cyangwa amenyo. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho ku wa 15 Ukwakira 2025, mu bukangurambaga bwa ’Sobanukirwa RFI 2025’ bwabereye mu Karere […]

Continuer la lecture

FARDC na Wazalendo byongeye kurasana

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro uba mu ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, byarasaniye mu ntara ya Maniema ku wa 14 Ukwakira 2025. Iyi mirwano yabereye mu mudugudu wa Nyanga wo muri santere ya Punia iherereye muri teritwari ya Punia. Abaturage bihishe mu nzu zabo mu gihe kirenga isaha kubera […]

Continuer la lecture

Hatangajwe igihe Tour du Rwanda 2026 izabera

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), ryatangaje ko Isiganwa mpuzamahanga ry’umukino wo gusiganwa ku magare rizenguruka Igihugu “Tour du Rwanda 2026” rizatangira tariki 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe 2026. Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ukwakira 2025, ni bwo Ishyirahamwe FERWACY ryatangaje ko UCI yemeje ko Tour du Rwanda ya 2026 izaba guhera […]

Continuer la lecture

Ingabo za RDC zagabye ibitero bikomeye kuri AFC/M23

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025 yatangaje ko ibi bitero byagizwemo uruhare n’indi mitwe y’ingabo n’iyitwara gisirikare ikorana […]

Continuer la lecture

Intambwe ya nyuma yo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga yatewe

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu gukora indangamuntu y’ikoranabuhanga hazifashishwa imashini zigera ku 1000 mu gukusanya amakuru azifashishwa kandi ko nyuma yo gufotora ibyo bikoresho bizaguma mu tugari kugira ngo bizajye byifashishwa bitandukanye n’uko byari bimeze ubu. Byagarutsweho na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko atanga ibisobanuro ku bibazo Abadepite […]

Continuer la lecture