Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwatoye Komisiyo nshya ishinzwe imyitwarire
Abagize Inteko rusange y’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda batoye abantu batandatu bagize Komisiyo yayo ishinzwe imyitwarire, hamwe n’undi umwe uri mu bagize Inama y’Ubutegetsi, bagiye gukora mu myaka itatu iri imbere. Ni amatora yabereye i Kigali ku itariki ya 17 Ukwakira 2025, asiga hatowe abantu barindwi basimbuye abasoje manda y’imyaka itatu muri izo nshingano. Mu bagize […]
Continuer la lecture
