Perezida Kagame yujuje imyaka 68, Ibyo twakwibuka ku buto bwe

Umunsi nk’uyu mu 1957 nibwo yabonye izuba, avukira mu muryango wifite kuri Asteria Bisinda na Deogratias Rutagambwa, umugabo w’umunyemari washinze Trafipro ariko w’inyangamugayo mu byo akora byose, kuko no mu gihe yari mu buhungiro, yakunze gutorerwa kuyobora abandi mu nkambi. Kagame yakuze nk’abandi bana bato, abatizwa akiri uruhinja, aho yabyawe muri batisimu na Mutembe Ildephonse […]

Continuer la lecture

Musanze: Abaturiye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga barinubira imyanda inyanyagiye hose

Abaturiye n’abagana santere y’ubucuruzi ya Kagano yegereye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu Murenge wa Nyange, Akarere ka Musanze, bavuga ko batewe impungenge n’imyanda ugaragara muri ako gace ushobora kwangiza isura y’ako gace gakunda kunyuramo ba mukerarugendo. Aba baturage bavuga ko kubera kutagira ikimpoteri, imyanda ishyirwa ahabonetse hose, ugasanga inyanyagiye ahagaragaza isura mbi y’ako gace gafatwa nk’amarembo […]

Continuer la lecture

Ibiganiro kuri FDLR no ku ngamba z’ubwirinzi birakomeza

Intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeranyije ko mu kwezi gutaha zizongera guhurira mu nama y’urwego ruhuriweho rw’umutekano yiga ku gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR no gukuraho ingamba z’ubwirinzi. Ni umwanzuro wafatiwe mu nama ya gatatu y’uru rwego ruzwi nka JSCM, yabereye i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa […]

Continuer la lecture

Hambitswe imidali abasirikare b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo

Ingabo z’u Rwanda (RWANBATT-3 na RAU- 13) ziri mu butumwa bwo kubangabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidali y’ishimwe y’Umuryango w’Abibumbye, zishimirwa ibikorwa by’indashyikirwa zikora muri ubu butumwa. Uyu mu muhango wabereye mu kigo cya gisirikare giherereye Durupi, mu nkengero z’ umurwa mukuru wa Juba. Mu ijambo rye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Loni muri […]

Continuer la lecture

U Rwanda na Arabie Saoudite byagiranye ibiganiro bijyanye n’ubutwererane

Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko u Rwanda na Arabie Saoudite baganiriye ku nzego nshya z’ubutwererane, ibihugu byombi byakoranamo. Ni mu biganiro byahuje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, na Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yanditse ku rubuga rwa X, iti: “Ibiganiro byabo byibanze […]

Continuer la lecture

Rubavu:Indwara y’uburenge yatumye amatungo yo mu mirenge itatu ashyirwa mu kato

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyashyize mu kato amatungo yo mu Mirenge ya Kanama, Nyakiriba na Kanzenze yo mu Karere ka Rubavu, nyuma y’uko hagaragaye indwara y’uburenge (Foot and Mouth Disease) mu nka zaho. Mu byo aborozi basabwe harimo gukumira ubucuruzi bw’ibikomoka ku matungo (amata, inyama n’impu), muri iyi mirenge itatu. Ni mu […]

Continuer la lecture

Bazakomeza gukorera igihugu batiganda – Intero y’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

Abasenateri bane barimo Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, Dr. Uwamariya Valentine, Gasana Alfred na Uwizeyimana Evode bashyizweho na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, babinyujije ku mbuga nkoranyambaga, bashimira Umukuru w’Igihugu wabahaye inshingano, bagaragaza ko intego ari ugukomeza gukorera igihugu batiganda. Mu Basenateri 26 bagize Sena y’u Rwanda, harimo umunani bashyirwaho na Perezida wa Repubulika. Bahabwa manda […]

Continuer la lecture

Hamenyekanye itariki y’amatora ya Perezida muri Uganda

Komisiyo y’amatora muri Uganda yatangaje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, azaba ku wa 15 Mutarama 2026. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 21 Ukwakira 2025, nyuma y’aho byari bisanzwe bizwi ko aya matora azaba muri Mutarama 2026, ariko hataratangazwa itariki. Kugeza ubu Perezida Yoweri Kaguta Museveni yongeye kugirirwa icyizere n’ishyaka rya National Resistance […]

Continuer la lecture

Ibyo wamenya ku nganda enye zafunzwe kubera gukora ibiribwa bihumanye

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface yavuze ko nubwo kimwe mu byo inganda ziba zitezweho ari ugutanga akazi, bigayitse kuba hari zimwe zikoresha abantu batize ibyo zikora ndetse zikahemba intica ntikize cyangwa ibitemewe n’amategeko.   Ibyo ACP Rutikanga yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru cyo ku wa 20 Ukwakira 2025, cyamurikiwemo ibicuruzwa bitemewe byafatiwe muri […]

Continuer la lecture

Rusizi: Yangije inzu ya nyirabukwe kubera amakimbirane afitanye n’umugore we

Umugabo wo mu Murenge wa Nkungu w’Akarere ka Rusizi akekwaho kwangiza urugi n’idirishya ry’inzu ya nyirabukwe biturutse ku makimbirane afitanye n’umugore we. Byabereye mu Mudugudu wa Muhora, Akagari ka Mataba Umurenge wa Nkungu Akarere ka Rusizi ku wa 20 Ukwakira 2025. Saa Kumi n’Imwe z’umugoroba nibwo uyu mugabo yagiye kwa nyirabukwe ngo bamusubize umwana w’umuhungu […]

Continuer la lecture

Kinshasa: Leta itewe ubwoba n’abasirikare bakoranye na Gen Tshiwewe na Franck Ntumba

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifite ubwoba abasirikare benshi bakoranye na Gen Christian Tshiwewe Songesha, Gen Franck Ntumba na Brig Gen Benjamin Katende Batubadila bashobora guhungabanya umutekano wa Perezida Félix Tshisekedi. Gen Tshiwewe wari umujyanama wa Tshisekedi mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Ntumba wari umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu […]

Continuer la lecture