Gicumbi: Umugore yishwe n’umugabo we amakubise majagu

Emmanuel Hareramungu wo mu Murenge wa Muko mu Karere Ka Gicumbi yafashwe n’inzego z’umutekano akurikiranyweho kwica umugore we Nyampundu Chantal amwicishije majagu. Nyakwigendera yishwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 rishyira ku wa 28 Kanama 2025, aho uru rupfu rwaturutse ku makimbirane yari mu muryango. Abaturage b’Umudugudu wa Ntonyanga ahabereye ubwo bwicanyi babwiye Imvaho […]

Continuer la lecture

Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’ingabo za RDC ryagabye ibitero bikomeye bya drones

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu, iz’u Burundi n’indi mitwe bikorana irimo abacancuro na FDLR byagabye ibindi bitero bikomeye ku basivili batuye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa 28 Kanama 2025 yasobanuye ko ibi bitero bya drones za CH-4 […]

Continuer la lecture

U Rwanda na UNHCR bemeranyije gushakira impunzi ibisubizo birambye

Guverinoma y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) bemeranyije kongera umuhate mu kurinda no gushakira impunzi ibisubizo birambye by’umwihariko gushyiraho gahunda zikomeza guhuza impunzi n’abaturage. Byagarutsweho ku wa 27 Kanama 2025 mu biganiro byahuje Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen (Rtd) Albert Murasira, Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka, ACP Lynder Nkuranga […]

Continuer la lecture

Rayon Sports na Kiyovu Sports ku munsi wa 1: Uko amakipe azahura muri Shampiyona 2025/26

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League), rwashyize ahagaragara uburyo amakipe azahura mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26, aho umukino utegerejwe ku munsi wa mbere uzahuza Rayon Sports izatangira na Kiyovu Sports. Mu Ijoro ku wa Gatatu, tariki ya 27 Kanama 2025,  ni bwo hashyizwe ahagaragara uburyo amakipe azahura mu mwaka utaha […]

Continuer la lecture

Perezida Daniel Chapo yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, ku wa Gatatu tariki ya 27 Kanama, yunamiye Abatutsi bishwe muri Jenoside mu 1994, bashyinguye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, agaragaza ko amateka y’u Rwanda ari gihamya y’ubutwari n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Perezida Chapo ari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rusozwa ku itariki ya 28 Kanama, rugamije gushimangira umubano […]

Continuer la lecture

Amajyepfo: Abarenga 1600 bafatiwe mu bikorwa by’ubujura mu mezi atandatu

Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, yatangaje ko mu mezi atandatu imaze guta muri yombi 1.615 bafatiwe mu bikorwa by’ubujura, mu gihe cy’amezi atandatu uhereye mu kwezi kwa Gashyantare kugeza muri Nyakanga 2025, binyuze mu bufatanye n’abaturage n’inzego z’ibanze. Ibi biravugwa mu gihe hamaze iminsi humvikana inkuru z’imikwabu hirya no hino mu Ntara y’Amajyepfo ifatirwamo abajura […]

Continuer la lecture

Ishimwe rya Perezida Chapo ku Banyarwanda bafashije Mozambique guhashya ibyihebe

Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique yashimye abikuye ku mutima Abanyarwanda bafashije igihugu cye kurwanya iterabwoba ryari ryarahungabanyije umutekano w’intara ya Cabo Delgado. Iri shimwe yaritanze kuri uyu wa 27 Kanama 2025 ubwo yaganiraga na Perezida Paul Kagame wamwakiriye mu biro bye, Village Urugwiro, anabishimangira mu butumwa yagejeje ku itangazamakuru. Hashingiwe ku masezerano y’ibihugu byombi, […]

Continuer la lecture

Ubutaka burenga hegitari ibihumbi 495 buzahingirwa rimwe

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, bwatangaje ko mu gihembwe cy’ihinga cya 2026A hitezwe impinduka zirimo ko site 13.379 z’ubutaka buhujwe bungana na hegitari 495.155 buzahabwa umwihariko w’uko abazihingamo bose bazaterera rimwe yaba imbuto ndetse n’imiti mu rwego rwo gufasha abaturage kongera umusaruro. Byatanagawe kuri uyu wa Kabiri ubwo mu Karere ka […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yamaganye igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ribabajwe n’ibitero bikomeje kugabwa n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro ahitwa i Kadasomwa muri Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Itangazo rya AFC/M23 ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kanama, rigaragaza ko ibikorwa by’ubutegetsi bwa Kinshasa byerekana ko itifuza […]

Continuer la lecture

U Rwanda na Mozambique byavuguruye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari no kurwanya iterabwoba

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique kuri uyu wa 27 Kanama 2025 zavuguruye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari no kurwanya iterabwoba. Umuhango wo gusinya aya masezerano wayobowe na Perezida Paul Kagame na Daniel Francisco Chapo wa Mozambique uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuva kuri uyu wa 27 Kanama. Amasezerano yo kuvurura ubufatanye mu ishoramari yashyizweho umukono […]

Continuer la lecture