“Turimo gupfa buhoro buhoro, ni muturokore”, Inzara irimo guhitana abaturage ba Gaza umusubirizo nyuma y’icyumweru cy’ibihe bibabaje
Ababyeyi bareba abana babo bari guta ibiro umunsi ku wundi bitewe n’uko inkunga y’ibiribwa ikomeje gufatirwa na Israheli, bituma inzara itangira kwica abantu nk’uko inzobere zemeza ko inzara ikabije iri kuba muri ako gace. Abaturage ba Gaza ntibari bakeneye icyemezo cy’inzobere z’Umuryango w’Abibumbye zemeza ko ibihe bibi cyane by’inzara biri kuba muri Gaza. Bamaze amezi […]
Continuer la lecture
