NIDA yatangije ku mugaragaro igikorwa cyo kwandika abaturage muri gahunda y’indangamuntu koranabuhanga

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) bwatangaje ko indangamuntu koranabuganga yagenewe Abanyarwanda, Abanyamahanga baba mu Rwanda n’impunzi. Ni igikorwa cyabereye ahari kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga rya Kigali, i Gikondo. Umuyobozi Mukuru wa NIDA Mukesha Josephine, yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama 2025, uho hatangizwaga ku mugaragaro ubukangurambaga bwiyandikisha muri iyo ndangamuntu. Mukesha yumvikanishije […]

Continuer la lecture

Uganda: Sandra Teta yafunzwe akekwaho kugonga umugabo we (Weasel) ku bushake

Iperereza ry’ibanze ryakozwe na Polisi, ryagaragaje ko ibi byabereye mu kabari ka Shan gaherereye Munyonyo mu Mujyi wa Kampala, nyuma y’amakimbirane akomeye hagati yabo bombi. Teta Sandra ufungiye kuri Polisi yo mu gace ka Kabalagala, yavuze ko Weasel yari yiriwe amutonganya ndetse amwirukanana n’abana mu rugo. Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke […]

Continuer la lecture

U Bufansa bwakajije uburyo bwo guha viza abadipolomate ba Algeria

Guverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko ishaka gusesa amasezerano ku buryo Abadipolomate bo muri Algeria bahabwa viza yemejwe mu 2013, kubera umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi. Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yafashe icyemezo cyo gukaza uburyo bwo gutanga viza ku badipolomate b’igihugu cya Algeria, kubera ko iki gihugu cyanze kwakira abantu bacyo birukanywe mu Bufaransa. […]

Continuer la lecture

Zimbabwe yashimiye Perezida Kagame wayisabiye gukurirwaho ibihano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi Mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Dr. Amon Murwira, yagaragaje ko igihugu cye gishimira cyane uruhare Perezida Paul Kagame yagize, mu kugifasha kumvikanisha ijwi ryacyo mu rugamba rwo gukurirwaho ibihano by’ubukungu. Mu 2000 ubwo Zimbabwe yari iyobowe na Robert Mugabe, yafashe icyemezo cyo kwisubiza ibikingi byari mu maboko y’abazungu bari barabigabanye mu gihe […]

Continuer la lecture

Musanze: Umusore yishwe no kwiyahuza umuti witwa ‘Rocket’

Nzeyimana w’imyaka 26 wo mu Mudugudu wa Gatindoru, Akagari ka Rungu, Umurenge wa Gataraga, mu Karere ka Musanze, haravugwa urupfu rw’umusore wiyahuye anyoye umuti uzwi ku izina rya Rocket, wica udukoko ariko ukaba uvugwaho no kuba uburozi bushobora no kwica umuntu uwunyoye. Ni inkuru yamenyekanye ku gicamunsi cyo ku wa Gatat tariki 6 Kanama 2025, […]

Continuer la lecture

Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu

Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu barimo umunyezamu Ntaribi Steven na Nduwayo Valeur ukina hagati mu kibuga, mu rwego rwo kugabanya umubare w’abo izakoresha mu mwaka utaha w’imikino. Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu barimo umunyezamu Ntaribi Steven na Nduwayo Valeur ukina hagati mu kibuga, mu rwego rwo kugabanya umubare w’abo izakoresha mu mwaka utaha w’imikino. Iyi […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwashimiye Zimbabwe guharanira amahoro muri RDC

Guverinoma y’u Rwanda yashimiye iya Zimbabwe ko mu buyobozi bwayo mu Muryango w’Iterambere ry’Ibihugu byo mu Majyepfo ya Afurika (SADC) yashyize imbaraga zifatika mu gushyigikira gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane Amb Nduhungirehe Jean Patrick Olivier, yabikomojeho ku wa Gatatu tariki ya 6 Kanama […]

Continuer la lecture

Mu mezi 2, gutanga ibyangombwa byo kubaka inzu zihariye bizasubukurwa

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) yavuze ko igihe cyo guhagarika by’agateganyo gutanga ibyangombwa byo kubaka inzu zitagenewe guturwamo ahagenewe imiturire, kitazarenza amezi abiri. MININFRA igaragaza ko ibyangombwa by’ikoreshwa ryihariye ry’ubutaka byemerera ibikorwa by’ubwubatsi bitari bisanzwe byemewe muri ako gace, ariko bikaba byakwemerwa mu gihe byujuje ibisabwa kugira ngo hirindwe ingaruka mbi nko kongera urusaku cyangwa umuvundo […]

Continuer la lecture

Biganiro Antha ‘Munda y’isi’ yatawe muri yombi

Biganiro Antha wahoze ari umunyamakuru ubu akaba ashakira abakinnyi n’abatoza abakipe (Agent) yatawe muri yombi i,mu gihe hakorwa iperereza ku mafaranga ya APR FC yanyerejwe. Amakuru avuga ko yatawe muri yombi ubwo yaravuye muri Uganda aho yaravuye kureba imikino ya CHAN Aho yaraje kureba umukino wahuje Gorilla FC  na Rayon Sports. Uyu mukina warangiye Rayon […]

Continuer la lecture

Yatashye yirahira u Rwanda kubera ingagi, imbamutima z’umunyamakuru Robin Roberts wari wakoreye ibirori mu Rwanda

Umunyamakuru wamenyekanye cyane mu kiganiro Good Morning America, Robin Roberts, uheruka kwizihiriza mu Rwanda isabukuru y’imyaka 20 amaze ari kumwe n’umukunzi we, Amber Laign, yasubiye iwabo muri Amerika avuga imyato ingagi n’ibindi bikorwa yabonye birimo umuganda. Yabigarutseho mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa YouTube rwa Good Morning America. Muri aya mashusho hari ayo agaragaramo yasuye […]

Continuer la lecture

Umubare w’ingagi mu Birunga wageze kuri 1063 uvuye kuri 880

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umubare w’ingagi zo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga wageze ku 1063 uvuye kuri 880 wariho mu 2012. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ubukerarugendo mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB), Irene Murerwa, kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Kanama 2025, mu itangazo uru rwego rwashyize ahagaragara rumenyesha ko u Rwanda rugiye […]

Continuer la lecture