Dr Kalinda Francois-Xavier yongeye gutorerwa kuba Perezida wa Sena

Dr Kalinda Francois-Xavier yongeye gutorerwa kuyobora Umutwe wa Sena y’u Rwanda, mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku majwi 25. Yatowe kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Nzeri 2024, nyuma y’aho Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yongeye kumugira umusenateri. Tariki ya 9 Mutarama 2023, ni bwo bwa mbere Dr Kalinda François-Xavier yatorewe kuyobora Sena […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Umusore afungiwe gutera inda umwangavu w’imyaka 17

Umusore witwa Niyonkuru Valens w’imyaka 23 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke, akurikiranyweho gusambanya no gutera inda umwangavu w’imyaka 17. Uyu musore wo mu Mudugudu wa Bigeyo, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, yateye unda uwo mwangavu utuye mu Mudugudu wa Rugeyo, Akagari ka Raro, Umurenge wa Kanjongo. […]

Continuer la lecture

Nyanza: Bitwikira ijoro bagashyingura mu ngo batinya ibiciro by’amarimbi

Mu karere ka Nyanza mu Kagali ka Cyerezo mu Murenge wa Mukingo hari abahatuye bavuga ko kubera kutagira irimbi, usanga bitwikira ijoro bakajya gushyingura ababo mu masambu yabo, bitewe no gutinya kubikora ku manywa bikabaviramo gucibwa amande, kubera ko bitemewe, dore ko irimbi rusange aho riri bibasaba gukora urugendo rutari munsi y’amasaha abiri. Umwe mu […]

Continuer la lecture

Bwa mbere abagore bagiye kwiganza muri Sena y’u Rwanda: Ibyitezwe muri Sena mu Rwanda mu Myaka Itanu Iri imbere

Mu myaka itanu iri imbere, abagore bazahagararira Abanyarwanda mu Nteko Ishinga Amategeko, by’umwihariko muri Sena y’u Rwanda, bagiye kuruta abagabo ubwinshi, bikaba ari ubwa mbere ibi bibayeho mu mateka y’igihugu. Muri iyi nteko y’ubutegetsi bw’ikirenga, abagore bageze ku mubare utazwiho gusubira inyuma, bagaragaza imbaraga mu rwego rw’ubuyobozi. Ubu mu badepite 26 bari muri Sena, 17 […]

Continuer la lecture

Perezida João Lourenço Yatanze Icyifuzo cy’Amasezerano y’Amahoro Hagati y’u Rwanda na RDC

Perezida João Lourenço wa Angola yatangaje ko yahaye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) icyifuzo cy’uko ibihugu byombi byasinyana amasezerano y’amahoro. Ibi yabitangarije i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu nama ya 79 y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (UN). Lourenço, umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC, yavuze ko kuva […]

Continuer la lecture

Abana b’ingagi 22 bagiye kwitwa amazina

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko mu Muhango wo ‘Kwita Izina’ abana b’ingagi ku nshuro ya 20, hazitwa abana 22 b’ingagi bavutse muri uyu mwaka ushize. Ni umuhango uteganyijwe tariki ya 18 Ukwakira 2024, mu Kinigi ho mu Karere ka Musanze, muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubukerarugendo no Kubungabunga Urusobe rw’Ibinyabuzima, Kageruka Ariella […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Abasore 3 bafashwe bibye ibitoki

Kuri sitasiyo ya RIB ya Gihombo mu Karere ka Nyamasheke hafungiye Ishimwe Olivier w’imyaka 22, Bagabo Niyonkuru w’imyaka 23 na murumuna we Ufitamahoro Porepore bakekwaho ubujura bw’ibitoki mu murima w’umuturage witwa Munyampundu Samuel w’imyaka 62, bafatirwa mu isoko rya Mugonero bari kubigurisha. Byabaye mu ma saa tatu z’igitondo zo kuri uyu wa Gatatu tariki ya […]

Continuer la lecture

Karongi : Mudugudu aravugwa mu bujura bw’amatungo

Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Murambi, ubujura bw’amatungo magufi bumaze gufata indi ntera cyane cyane mu Kagali ka Muhororo, mu Mudugudu wa Ndago. Abaturage baravuga ko nta munsi w’ubusa hatumvikana amakuru yo kwibwa amatungo arimo inka, ihene, ingurube, ndetse n’inkoko. Bamwe mu baturage batunga agatoki umuyobozi w’umudugudu wa Ndago, Ildelphonse Hakizinshuti, ko yaba afite […]

Continuer la lecture

Inkuba yiciye abasirikare bane b’u Burundi barimo Major muri Congo abandi 12 barembye

Inkuba yakubise abasirikare bane bo mu ngabo z’u Burundi, barimo na Major Rénovat Nzeyimana, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byabaye muri Teritwari ya Kalehe, aho abandi basirikare 12 bakomeretse bikomeye nyuma yo gukubitwa n’inkuba. Bivugwa ko muri Nzeri 2024, abasirikare b’u Burundi bamaze kugerwaho n’inkuba inshuro enye […]

Continuer la lecture

Bwa mbere Perezida wa Amerika Biden agiye gusura igihugu cya Afurika

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ateganya gukora uruzinduko rw’iminsi itatu muri Angola, hagati y’itariki ya 13 na 15 Ukwakira 2024. Uru ruzinduko ruzaba ari rwo rwa mbere agiriye ku mugabane wa Afurika kuva yagera ku butegetsi, rukaba rwerekana imbaraga Amerika ishyira mu mubano n’ibihugu by’uyu mugabane. Muri uru ruzinduko, Perezida Biden […]

Continuer la lecture