Abafite imyaka 40 bemere we kwinjira mu Mutwe w’Inkeragutabara

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yasobanuye igikorwa cyo kwinjiza mu ngabo z’u Rwanda, Inkeragutarabara zakwinjizwa mu gihe bibaye ngombwa. Yabigarutseho mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Kanama 2024, ku cyicaro Gikuru cy’ingabo z’u Rwanda Ni mu gihe ku wa Kabiri w’iki Cyumweru ingabo z’u Rwanda zatangiye igikorwa cyo kwinjiza […]

Continuer la lecture

Abantu 11 bamaze igihe bafungiwe kwica umurinzi wa Perezida Tshisekedi

Urwego rw’Iperereza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) rumaze amezi ane rufunze abantu 11 bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umurinzi wa Perezida Felix Tshisekedi. Uwo musirikare, witwaga Joseph, yapfuye mu buryo butunguranye muri Mata 2024, aho umurambo we wagaragaye hafi y’ibiro by’urwego rushinzwe ingufu z’amashanyarazi i Kinshasa. Umuryango Nyafurika uharanira Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu, ASADHO, watabarije […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Umusore Yishwe n’imodoka amaze kururuka ku ikamyo yaparamiye

Ntihishwa Ildéphonse w’imyaka 21 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Ruvumbu, Akagari ka Jarama, Umurenge wa Gihombo, Akarere ka Nyamasheke, yagonzwe n’imodoka ahita apfa akimara kururuka ku ikamyo yari yaparamiye. Uyu musore bivugwa ko yuriye iyi kamyo yavaga i Nyamasheke yerekeza i Karongi igeze ku gice cy’Umuvudugu wa Ruvumbu, icyo gihe ngo akaba yayuriranye n’urundi […]

Continuer la lecture

Umugabo yibye televiziyo ayigarura yuzuye inzuki umubiri wose

Umugabo wo mu Ntara y’Amajyepfo (Akarere byabereyemo ntikavuzwe) yibye televiziyo yo mu bwoko bwa ‘Flat’ mu rugo rw’abandi, ariko nyuma yo kwibasirwa n’inzuki umubiri wose, yagaruye iyo televiziyo. Ibi byabaye nyuma y’uko ba nyiri iyo televiziyo bifashishije umupfumu uzwi mu Rwanda witwa Salongo. Amashusho yatambutse kuri shene ya YouTube ya BigTown TV ya Bac T, […]

Continuer la lecture

Iburengerazuba: Gusimbuza amabati ya ‘asbestos’ atera kanseri bigezehe

Abayobozi mu nzego zitandukanye mu Ntara y’Iburengerazuba bashima imbaraga Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira mu kurinda ubuzima bw’Abaturarwanda binyuze mu gusimbuza amabati ya asbestos, nyuma y’uko ubushakashatsi bugaragaje ko aya mabati atera kanseri z’ubwoko bune burimo iy’ibihaha n’iy’imiyoborantanga.   Asbestos ni amabati ajya kumera nk’amategura. Aya mabati asaza avuvuka ari nako yohereza mu kirere umukungugu […]

Continuer la lecture

Harakurikiraho iki nyuma yo guhura kw’abashinzwe ubutasi b’u Rwanda, RDC na Angola?

Nyuma y’inama yahuje inzobere mu butasi bw’u Rwanda, RDC, na Angola ku itariki ya 7-8 Kanama 2024 i Luanda, ubu hategerejwe raporo y’ubusesenguzi bw’ibikorwa byo gusenya umutwe w’inyeshyamba wa FDLR. Iyi raporo igomba gushyikirizwa abaminisitiri b’ibi bihugu bitarenze itariki ya 15 Kanama 2024. Intumwa za RDC zari zatanze isezerano ryo kwerekana uburyo FDLR izasenyerwa, kandi […]

Continuer la lecture

Menya ingano y’umushahara wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda

Iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’Imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu bahabwa ndetse n’ibindi biherekeza iyo mishahara. Perezida wa Repubulika agenerwa ibi bikurikira : Umushahara mbumbe ungana n’amafaranga y’u Rwanda miliyoni esheshatu […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’umusaruro w’umuceri wapfuye ubusa i Rusizi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagaragaje akababaro yatewe no kumenya amakuru y’abahinzi bejeje amatoni n’amatoni y’umuceri mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, ariko ukagera aho utangira kubaboreraho kubera ko wabuze abawubagurira. Umukuru w’Igihugu yashimangiye ko ayo makuru yayamenyeye ku mbuga nkoranyambaga, abahinzi b’umuceri batabaza ko bahinze umuceri bakeza ariko bakabura aho […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yaburiye Congo

Perezida Paul Kagame yaburiye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bukomeje gukorana n’umutwe w’inyeshyamba wa FDLR, ushinjwa kugira uruhare mu kwibasira Abanyarwanda no gukomeza guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Ibi yabivuze ku wa 14 Kanama 2024, nyuma yo kwakira indahiro z’abadepite, agaragaza ko RDC itigeze igira ubushake bwo guca intege uyu mutwe, ahubwo ikomeza […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yavuze ku ifungwa ry’insengero

Perezida Paul Kagame yashyigikiye ifungwa ry’insengero zitujuje ibisabwa mu Rwanda, nyuma y’uko igenzura ryasanze hari izirenga 8000 zitubahirije amategeko. Yatangaje ibi nyuma yo kwakira indahiro z’abadepite, aho yagaragaje impungenge z’uburyo insengero nyinshi zishingwa mu buryo budakurikije amategeko, zigamije kwambura abaturage imitungo yabo bitwaje Imana. Perezida Kagame yibajije ku mpamvu Abanyarwanda benshi bashora imbaraga mu myemerere […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Intebe n’Abadepite bashya 80 barahiye

Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, hamwe n’Abadepite 80 bashya binjiye muri manda ya Gatanu y’Inteko Ishinga Amategeko. Ni umuhango wabereye ku Kimihurura mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, ahari hateraniye abanyacyubahiro batandukanye, kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kanama. Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente warahiye, kuri uyu wa Kabiri nibwo yongeye […]

Continuer la lecture