Imyaka 30 irashize Guverinoma y’Ubumwe bw’Abanyarwanda irahiye

Imyaka 30 irashize hashyizweho Guverinoma y’Ubumwe, yagiyeho tariki 19 Nyakanga 1994 Jenoside yakorewe Abatutsi imaze iminsi mike ihagaritswe. Ni Guverinoma yari ifite akazi gakomeye, ko gusubiranya igihugu cyari kimaze amezi atatu gishwanyaguzwa, ndetse inzobere mpuzamahanga zikerekana ko kitazongera kuba igihugu. Mu baminisitiri 17 bari bagize iyo Guverinoma, umunani bari abo muri FPR Inkotanyi, batatu bari […]

Continuer la lecture

Imbamutima za Musengimana wahanze indirimbo ‘Azabatsinda Kagame’ yakunzwe cyane mu kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame

Musengimana Beatha, umuhanzi w’indirimbo “Azabatsinda” yamamaza Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, ahamya ko inzozi ze zo gutaramira imbere ya Perezida Kagame zabaye impamo. Musengimana yavuze ibyishimo byinshi aterwa n’intsinzi ya Paul Kagame. Yagize ati, “Urebye ibyishimo mfite ntabwo bigira ingano, gutorwa kwa Perezida Kagame byashimangiye ko ntahanuye ubuhanuzi bw’ibinyoma, mpanga iriya ndirimbo bwari ubuhanuzi kandi […]

Continuer la lecture

Ni gute Imyanya y’Inteko Ishinga Amateko y’u Rwanda izasaranganywa ?

Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje amajwi y’agateganyo yavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abadepite yabaye ku matariki ya 14, 15 na 16 Nyakanga 2024. Amajwi y’agateganyo mu matora y’Umukuru w’Igihugu agaragaza ko Paul Kagame wari watanzwe n’Umuryango FPR Inkotanyi yatsindiye kuyobora u Rwanda agize amajwi 99.18%. Mu gihe Dr. Frank […]

Continuer la lecture

Huye: Mudugudu yakubise umusore amugira intere

Umusore witwa Bernard Uwitije w’imyaka 18 y’amavuko yagiye kwitabwaho mu bitaro nyuma y’uko ku gicamunsi cyo ku wa 17 Nyakanga 2024, umukuru w’Umudugudu wa Kinyata mu Kagari ka Kabatwa mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye, yamukubise akamunegekaza. Amakuru avuga ko uyu musore wakubiswe afite inguma mu mutwe, mu nda, ku rutugu no ku […]

Continuer la lecture

Mu matora y’abadepite, amajwi yaragabanutse ku mashyaka atanu

Amajwi y’amashyaka atanu yari ahatanye n’Umuryango FPR Inkotanyi mu matora y’abadepite yagabanyutse, ugereranyije n’ayo yari yagize mu itangazwa ry’iby’ibanze byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora. Muri aya matora y’imyanya 53 havuyemo iy’ibyiciro byihariye, FPR Inkotanyi yari ishyigikiwe n’andi mashyaka arimo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, tariki ya 17 Nyakanga 2024 yari […]

Continuer la lecture

Intsinzi ya Paul Kagame mu matora yashimangiwe na Komisiyo y’Amatora

Mu cyumweru tariki 18 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje amajwi y’agateganyo mu matora yari yateguwe muri Rwanda, aho Paul Kagame, Umukuru w’Igihugu wari watanzwe n’Umuryango FPR Inkotanyi yatsindiye kuyobora u Rwanda agize amajwi 99.18%. Muri icyo gihe, amatora yari yegukanye tariki 14 ku Banyarwanda baba mu mahanga na tariki 15 Nyakanga 2024 ku batuye […]

Continuer la lecture

Nyagatare: Umukobwa w’imyaka 20 yitabye imana azira kurya inyama z’ipusi

Umukobwa witwa Musenga  wari mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Kagari ka Kirebe mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2024 nibwo yashyinguwe nyuma yo kwitaba Imana ku wa Mbere, aho bivugwa ko yazize ibiryo birimo inyama z’ipusi yasangiye n’abavandimwe. Amakuru avuga ko ibi biryo yabisangiye n’abavandimwe be […]

Continuer la lecture

Umugore yafashwe ari gusambanya ikibumbano

Umugore wari mu bukerarugendo mu mujyi wa Florence yafashwe amashusho ari gusambanya ku gahato ikibumbano cyizwi ku izina rya Bacchus, igikorwa cyateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’uburakari bw’abaturage. Amashusho n’amafoto by’uyu mugore byafashwe n’abantu bari aho, bagaragaza umugore w’imyaka 32 utaratangajwe amazina, asambanya ikibumbano cya Bacchus. Iki kibumbano kizwiho gukurura ba mukerarugendo baturuka […]

Continuer la lecture

Ibyiyumvo by’imitwe ya politike yatsindiye kwinjira mu Nteko y’u Rwanda

Nubwo ibyavuye mu matora bitaratangazwa ku buryo bwa burundu, biragoye ko hagira impinduka zaba zahindura ibyavuye mu matora by’ibanze haba ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu cyangwa ku badepite. Intsinzi ya FPR-Inkotanyi Biragoye ko mu majwi asigaye kubarwa ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza wa Green Party wagize 0.53% na Mpayimana Phillippe wegukanye amajwi 0.32% barusha […]

Continuer la lecture

Umusirikare yagaragaye akura umwijima mu murambo kugira ngo awurye

Umusirikare wa Mali yaciye igikuba nyuma y’aho amashusho ye akwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, yumvikana avuga ko ashaka gukura umwijima mu murambo w’umuntu kugira ngo awurye. Muri aya mashusho yatangiye gukwirakwira tariki ya 16 Nyakanga 2024, uyu mugabo wambaye impuzankano y’igisirikare cya Mali agaragara atandukanya umurambo yifashishije umuhoro. Abasirikare bamukikije na bo bumvikana baseka, bamubwira ko […]

Continuer la lecture

Indorerezi Mpuzamahanga zavuze ikintu gikomeye ku matora yabaye mu Rwanda

Indorerezi mpuzamahanga mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite aherutse kuba mu Rwanda, zashimye imigendekere myiza y’ayo matora yabaye ku wa 14 Nyakanga ku Banyarwanda bari mu mahanga na 15 -16 Nyakanga 2024 ku bari mu gihugu. Itangazo rihuriweho ryasohowe n’indorerezi mpuzamahanga zari zitabiriye ayo matora, harimo indorerezi z’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe zifatanyije n’iza COMESA (AU-COMESA), […]

Continuer la lecture