Aba Dasso bari kubakirwa inzu zo kubamo

Mu Karere ka Ngoma, abakozi bo mu Rwego rwunganira Uturere mu gucunga Umutekano (DASSO) barimo kubakirwa inzu zo kubamo mu mirenge yose, hagamijwe kubafasha kuba hamwe no kunoza serivisi baha abaturage. Ku wa Gatanu, tariki ya 19 Nyakanga 2024, hatashywe icumbi ryubakiwe DASSO mu Murenge wa Rukira, ryuzuye ritwaye miliyoni 20 Frw. Iyi nzu ifite […]

Continuer la lecture

Ibiro bijyanye n’igihe mu turere icyenda mu myaka irindwi isize {AMAFOTO}

Mu myaka irindwi ishize, uturere icyenda two mu Rwanda twubatse ibiro bijyanye n’igihe, bigamije guha serivisi nziza abaturage. Ibi biro byubatswe hagamijwe gusimbura izo zari zarubatswe mu myaka yo hambere, harimo n’izahoze zikoreramo za Superefegitura mbere ya 1994. Akarere ka Gasabo Ibiro bishya by’Akarere ka Gasabo byatangiye gukorerwamo muri Kanama 2019, bikaba byaruzuye bitwaye agera […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Imyigaragambyo mu bakora ubucukuzi butemewe bw’amabuye y’agaciro

Mu murenge wa Bushekeli, abaturage barenga 100 babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo tariki ya 20 Nyakanga 2024, bavuga ko Hakizimana Antoine wari usanzwe ubakoresha mu gushaka zahabu atashyize mu bikorwa ibyo bumvikanye. Izi mvururu zaturutse mu Mudugudu wa Winkamba, Akagari ka Buvungira, aho abaturage baturuka muri aka karere n’aka Nyamagabe bari bamaze ibyumweru bitatu bakora ubucukuzi […]

Continuer la lecture

Icyikango i Kigali ubwo Twagiramungu yateguraga imvururu ku munsi w’amatora

Kera habayeho! Ibikorwa by’amatora u Rwanda rwari rumazemo iminsi biragana ku musozo ndetse indorerezi mpuzamahanga zashimye uburyo byagenze kuko byakozwe mu ituze, abatsinzwe bakemera ibyavuye mu matora nta mpaka. Muri iyi myaka ya vuba ni ibisanzwe ko amatora y’u Rwanda akorwa mu mutuzo, aho igitima kitadiha kuri Komisiyo y’Amatora nkuko byari bimeze mu 2003 ubwo […]

Continuer la lecture

Banki zo mu Rwanda zigiye kurushanwa

Irushanwa rihuza Banki rizwi nka ‘RBA Interbank Sports Tournament’ rigiye gukinwa ku nshuro ya gatanu kuva tariki ya 27 Nyakanga kugeza 31 Kanama 2024. Iri rushanwa ritegurwa n’Ihuriro rya Banki mu Rwanda, Rwanda Bankers’ Association (RBA), rizitabirwa n’ibigo umunani bizahatana mu mikino ine itandukanye. Ibyo bigo ni Banki y’Abaturage (BPR), I&M Bank, NCBA Bank, Ecobank, […]

Continuer la lecture

Umuvugizi w’Ihuriro ry’imitwe ya politiki yavuze ko abanenga ibyavuye mu matora ari urwango bafitiye u Rwanda

Umuvugizi w’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki, Mukama Abbas, yatangaje ko abavuga nabi ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’abadepite mu Rwanda babiterwa n’urwango bafite ku gihugu. Yavuze ko ipfunwe ryo kuba baratereranye u Rwanda mu gihe rwari mu bihe bikomeye ari ryo ribatera gutanga ibitekerezo bibi ku matora yo mu Rwanda. Mu bihe bitandukanye, bamwe […]

Continuer la lecture

Perezida William Ruto wa Kenya yashyizeho Guverinoma nshya yinganjemo abo yaraherutse kwirukana

Perezida wa Repubulika ya Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 19 Nyakanga 2024 yatangaje icyiciro cya mbere cy’abaminisitiri 11 bazaba bagize guverinoma nshya. Muri aba baminisitiri, hari abagarutse ku myanya yabo mu guverinoma yari aherutse guseswa ku itariki ya 11 Nyakanga. Abaminisitiri bashyizweho Kithure Kindiki – Minisitiri w’Umutekano w’Imbere Alice Wahome – Minisitiri […]

Continuer la lecture

Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye Imana

Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, yitabye Imana kuri uyu wa 19 Nyakanga 2024. Amakuru y’urupfu rwe yahamijwe na Minisitiri w’Intebe akaba n’uw’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X. Minisitiri Al-Thani yagize ati:”Twihanganishije twebwe ubwacu ndetse n’imiryango ya nyakwigendera Misfer bin Faisal […]

Continuer la lecture

Menya ububasha Perezida watowe mu Rwanda aba adafite mbere yo kurahira

Mu gihe Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, iteganya gutangaza burundu ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu bitarenze tariki ya 27 Nyakanga 2024, hari icyo Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda riteganya mu gihe Perezida Paul Kagame watsinze atararahira. Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda riteganya ko Perezida watowe arahira mu munsi itarenze 30 uhereye igihe yatoreweho. Senateri […]

Continuer la lecture

Minisitiri yirukanywe kubera gutegeka Messi

Minisitiri Wungirije wa Siporo muri Argentine yirukanywe nyuma yo kuvuga ko Lionel Messi akwiye gusaba imbabazi mu izina ry’Ikipe y’Igihugu kubera indirimbo yuzuyemo amagambo y’irondaruhu yaririmbwe yibasira u Bufaransa. Julio Garro yirukanywe nyuma y’amasaha make avugiye kuri radio yo muri Argentine aho yasabye Messi gusaba imbabazi mu izina ry’abagize Ikipe y’Igihugu ya Argentine. Ibyo byabaye […]

Continuer la lecture

LIVE – APR FC vs Al-Hilal CECAFA Kagame Cup igezemuri1/2

  XI ba APR FC babanzamo habaye impinduka imwe Ku nshuro ya mbere muri ino mikino ya CECAFA Kagame Cup, APR FC yakoze impinduka mu bakinnyi babanzamo. Seidu Yassif Dauda yafashe umwanya wa Taddeo Lwanga. Pavel Ndzila Mugisha Gilbert Niyibizi Ramadhan Niyigena Clement Nshimiyimana Yunusu Ruboneka Jean Bosco Byiringiro Gilbert Dauda Yassif Dushimimana Olivier Muzungu […]

Continuer la lecture