Minisitiri wari ukomeye mu Rwanda yirukanywe ku mirimo ye
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya, yirukanywe ku mirimo ye. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nyakanga 2024 mu masaha ya mugitondo, ntiryagaragaje impamvu yirukaniwe, gusa ryavuze ko hari ibyo agomba gusobanura. Dr Mujawamariya aherutse kugirwa Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, […]
Continuer la lecture
