Rayon Sports yatsinze Musanze FC mu mukino wa gicuti

Rayon Sports yatsinze Musanze FC ibitego 3-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Ubworoherane, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Nyakanga 2024. Uyu mukino wari ubanziriza ‘Umunsi w’Igikundiro’, witabiriwe n’imbaga y’abafana benshi ku mpande zombi ndetse n’abafana b’andi makipe. Stade Ubworoherane yari yuzuye impande zose, uretse mu myanya y’icyubahiro harimo icyuho. Rayon Sports […]

Continuer la lecture

Abanyeshuri Basibiye Bashyiriweho Andi Mahirwe Azatuma Bimuka

Mu karere ka Kayonza, abanyeshuri basibiye mu mashuri abanza bashyiriweho gahunda yihariye yo kuzamura ubushobozi yabo mu masomo atatu y’ingenzi: Icyongereza, Ikinyarwanda, n’Imibare. Iyi gahunda izaba muri ibi biruhuko, ikazafasha abana gukora ibizamini, ababitsinze bakimuka mu mwaka ukurikiraho. Gahunda yashyizweho na Leta, igamije gufasha abana batsinzwe ayo masomo atatu. Byagaragaye ko abenshi mu bana batsindwa […]

Continuer la lecture

Uganda: Abarenga 100 Bafunzwe Bazira Imyigaragambyo

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 104 barimo abateguye n’abitabiriye imyigaragambyo yamagana abayobozi banyereza umutungo w’igihugu. Iyi myigaragambyo yari igamije kwerekana ko abaturage batishimiye uburyo umutungo w’igihugu ukoreshwa, kandi yari yabujijwe n’ubuyobozi bwa Leta. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Kituuma Rusoke, yavuze ko aba bantu batawe muri yombi hagati ya tariki ya […]

Continuer la lecture

Muhanga:Umugabo Yasinze Urwagwa Ageze mu Rugo Atwika Inzu ye

Mu Karre ka Muhanga, mu Murenge wa Nyamabuye, mu Kagari ka Remera, mu Mudugudu wa Biti, umugabo witwa Havugimana Silas w’imyaka 55 yatwitse inzu ye biturutse ku businzi. Iyi nkongi y’umuriro yabaye mu rukerera ahagana saa kumi zo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2024. Amakuru avuga ko Havugimana yari avuye mu kabari yasinze, ageze mu […]

Continuer la lecture

‘Permis’ z’imodoka za ‘automatique’ zahawe umwihariko udasanzwe mu Rwanda

Mu iteka rishya rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uzajya atsinda ikizamini cyo gushaka uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe imodoka ya “automatique”, ku ruhushya rwe hazajya hongerwaho inyuguti ‘AT’ bivuga “Automatic Transmission”. Ingingo zikubiye muri iri teka rishya: Gukoresha Imodoka za Automatique mu Bizamini: Iri teka ryemerera abashaka impushya za burundu zo gutwara […]

Continuer la lecture

Uwahoze ari Umujyanama wa Nangaa yabwiye Urukiko ko nta Munyarwanda yabonye muri AFC/M23

Eric Nkuba Shebandu, uzwi nka Malembe, wahoze ari umujyanama wihariye w’Umuyobozi w’ihuriro AFC (ry’imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka M23), Corneille Nangaa, yabwiye urukiko rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ko atigeze abona Abanyarwanda mu mutwe wabo. Nkuba, wavukiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yafashwe n’inzego z’umutekano za Tanzania muri Mutarama 2024, […]

Continuer la lecture

RIB Yerekanye Abantu 7 barimo n’umugore Bakurikiranyweho Kwiba Banki yo mu Rwanda Miliyoni 100 Frw

Kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nyakanga 2024, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafashe abantu barindwi (7) bakekwaho kugaba ibitero by’ikoranabuhanga kuri imwe muri banki zo mu Rwanda bakiba agera kuri miliyoni 100 z’Amafaranga y’u Rwanda. Igikorwa cyo kwerekana aba bakekwaho ubujura cyabereye ku cyicaro gikuru cya RIB, mu gihe aberekanwe kuri uyu […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Uwari Umuyobozi ukomeye mu karere yirukanywe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko bwirukanye Ndanga Janvier wari Umuyobozi w’Ishami ry’Iterambere ry’Imibereho Myiza mu karere, kubera guhoza ku nkenke umukozi akuriye. Meya w’Akarere ka Nyamasheke, Mupenzi Narcisse, yemeje ko Ndanga Janvier yirukanywe ku mirimo ye tariki ya 23 Nyakanga 2024. Icyemezo cyo kumwirukana cyafashwe nyuma y’iperereza ryakozwe n’akanama gashinzwe gukurikirana imyitwarire mbonezamurimo, kakamuhamya […]

Continuer la lecture

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibidukikije ari gukorwaho iperereza

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Karera Patrick, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibidukikije, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho ko yakoreye muri iyi Minisiteri. Dr Thierry B. Murangira, Umuvugizi wa RIB, yagize ati: “Umunyamabanga Uhoraho ari mu bari kubazwa, ari gukorwaho iperereza. Ubu ntitwavuga ngo arafunze, icyemezo ntikirafatwa.” Karera arakorwaho iperereza mu gihe Ibiro bya […]

Continuer la lecture

Abayobozi Bakomeye baravugwaho Gusambanya no Gutera Inda Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Volleyball

Abayobozi bo hejuru mu gihugu cya Cameroun batangaje ko iperereza ryimbitse ryatangiye ku bayobozi b’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball, FECAVOLLEY, bakekwaho gusambanya no gutera inda abakinnyi batanu bakinira Ikipe y’Igihugu y’Abagore mu batarengeje imyaka 16 na 18. Icyemezo cyo gutangiza iri perereza cyafashwe nyuma y’uko umukinnyi umwe mu Ikipe y’Igihugu Nkuru y’Abagore muri Cameroun yanditse ibaruwa […]

Continuer la lecture

Perezida Ruto yashyize abatavuga rumwe na we muri guverinoma

Perezida wa Repubulika ya Kenya, Dr. William Samoei Ruto, kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 yatangaje abandi baminisitiri icumi buzuza guverinoma nshya. Mu batangajwe, harimo abaminisitiri bane bavuye mu ihuriro Azimio la Umoja ry’imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi. Abo baminisitiri ni: John Mbadi wagizwe Minisitiri ushinzwe ikigega cy’igihugu, Opiyo Wandayi wagizwe Minisitiri w’Ingufu na […]

Continuer la lecture