Perezida Kagame yavuze ko azakora ibirenze ibyo yagezeho

Perezida Paul Kagame witegura gutangira kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu nk’umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, yatangaje ko kuba abaturage bashima ibyo yagezeho mu gihe amaze ayobora u Rwanda ari byiza, ariko ko hari byinshi byo gukomeza gukora mu rugendo rw’iterambere ari nayo mpamvu azakomeza gukora cyane. Mu kiganiro n’abanyamakuru b’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa 17 […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame aragirana ikiganiro na RBA

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena 2024 saa munani z’amanywa (2:00 PM), Ikigo cy’Iguhugu cy’Itangazamakuru RBA, cyararitse abanyarwanda muri rusange ikiganiro cyihariye bagirana na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame. Ni ikiganiro kinyura ku bitangazamakuru binyuranye by’iki kigo birimo n’ibyo ku mbugankoranyambaga Ni ikiganiro kiza kwibanda ku ngingo zinyuranye zirimo n’ibyagezweho mu myaka 30 ishize […]

Continuer la lecture

Nyagatare: Ukekwaho kwica imisambi 10 ayiroze yashenguye abaturage

Abaturage bahinga umuceri mu kibaya cy’Umuvumba mu Mudugudu w’Uwinkiko, Akagari ka Rwempasha mu Karere ka Nyagatare, batunguwe no kugera aho bakorera ubuhinzi bagasanga imisambi 10 yapfuye, bikekwa ko yishwe n’uburozi. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo bamwe muri abo baturage bafatiye mu cyuho Sindikubwabo Jean Marie Vianney yateze imisambi ibigori biriho umutri wica ibikoko […]

Continuer la lecture

Musanze: RIB yataye muri yombi umugabo ushinjwa gusambanyiriza umwana mu bwiherero

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, akekwaho gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Paruwasi Katederali ya Ruhengeri. Amakuru y’ifatwa ry’uyu mugabo yatangiye gucicikana ubwo ahagana Saa kumi n’ebyiri abakirisitu bari bagiye mu […]

Continuer la lecture

Abantu 14 bishwe n’ubushyuhe bwinshi mu mutambagiro

Abategetsi bavuze ko Abanya-Jordan nibura 14 bapfiriye mu mutambagiro wa kisilamu wa Hajj muri Arabie Saoudite (Saudi Arabia) kubera ubushyuhe bwinshi. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Jordan yavuze ko abaturage bayo 14 bapfuye “nyuma yo kugira ubushyuhe bwo mu mubiri buri hejuru ya dogere 40C bivuye ku bushyuhe bukabije”, ndetse ko abandi 17 batangajwe ko baburiwe […]

Continuer la lecture

Umucamanza warasiwe mu rukiko n’umuporisi yapfuye

Umucamanza wo muri Kenya warashwe n’umupolisi muri iki cyumweru yapfuye, nk’uko byatangajwe n’umukuru w’urukiko rw’ikirenga. Martha Koome yanditse ku rubuga X, rwahoze ari Twitter, ko umucamanza mukuru wa Makadara, Monica Kivuti ’’yarushijwe ingufu n’ibikomere’’ [yagize igihe yaraswaga] birangira apfuye Uwo mugore, Kivuti, yarashwe n’umupolisi mu rukiko rwo mu murwa mukuru, Nairobi, ku wa kane nyuma […]

Continuer la lecture

Muri Congo urubyiruko rwateze abasirikare ba FARDC rubatwika ari bazima

Abasirikare 2 ba Repubulika ya Demokarasi ya Kongo baraye batwitswe ari bazima muri Kivu ya Ruguru ahitwa Njiapanda,nyuma yo gutegwa n’agatsiko k’insoresore kari karubiye. Radio Okapi ivuga ko Urubyiruko rwitwaje intwaro rwishe ababasirikare babiri ba FARDC mu ijoro ryo ku wa gatanu rishyira ku wa gatandatu tariki ya 15 Kamena, i Njiapanda, agace kari muri […]

Continuer la lecture

‘Turabizi ko mukorana ubushake kandi mukorera ubushake’ Perezida Kagame yijeje Abajyanama b’Ubuzima iterambere

Perezida Paul Kagame ubwo yahuraga n’Abajyanama b’Ubuzima kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kamena muri BK Arena, yabijeje ko kugira ngo bakomeze kurushaho kunoza akazi kabo bazakomeza kongererwa ubumenyi bikanajyana n’iterambere ryabo. Ni muri gahunda yo guhura n’Umukuru w’Igihugu (Meet the President) cyahuje abantu basaga 8000, aho yabashimiye umurimo mwiza bakorana ubwitange n’ubushake. Yagize […]

Continuer la lecture

Umukozi wa RIB yiciwe ku muhanda

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Kamena 2024, Nibwo mu isibo y’Ubumanzi, mu Mudugudu wa Nyakabingo, Akagari ka Kagugu, mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, ku nkengero z’umuhanda hagaragaye umurambo w’umukozi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana. Amakuru BTN dukesha iyi nkuru ikesha bamwe mu baturage […]

Continuer la lecture

Imyinjirize kuri Stade Amahoro yateye akavuyo gakabije

Ku mugoroba wo ku wa gatandatu abantu benshi mu Rwanda bagaragaje ibyishimo byo kwinjira bwa mbere muri stade Amahoro ivuguruye ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 45,000. Icyakora benshi batahanye agahinda kuko batabashije kwinjira,abandi bakomereka bari kwinjira kubera ko imyinjirize yabaye mibi cyane. Ubwo abantu bari bamaze kuba benshi kandi amasaha yo gutangira umukino yegereje, benshi […]

Continuer la lecture

Abemerewe kwiyamamariza kuba abadepite bamaze kumenyekana bose reba urutonde rwose hano

Komisiyo y’igihugu y’amatora yemeje imibare n’amazina y’abemerewe kuziyamamariza kwinjira mu nteko mu mwanya w abadepite. Ku myanya y’Abadepite 53 batorwa ku buryo butaziguye, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yemeje urutonde rw’abakandida 80, batanzwe n’Umuryango FPR-Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki bafatanyije, ari yo PDC, PCR, PPC, PSP ndetse na UDPR. Muri bo abagore ni 38, naho abagabo bakaba […]

Continuer la lecture