Junior Giti agiye gucutsa Chriss Eazy

Imyaka ibiri irashize  Junior Giti mu gasobanuye, atangiye urugendo rwo kureberera inyungu umuhanzi Chriss Eazy, aho avuga ko yatangiranye ubwoba mu ishoramari, ariko ko yatangiye kugira icyizere biri mu byatumye agiye gusinyisha undi muhanzi. Ni urugendo avuga ko rwaranzwe n’ibyiza n’ibibi, ariko kandi yarashikamye kuko uretse gukunda gusobanura filime,yumvaga ashaka no gushyira itafari ku muziki […]

Continuer la lecture

Hagiye gutezwa cyamunara undi mutungo w’umuryango wa Rwigara

Umuhesha w’inkiko w’umwuga Vedaste Habimana yongeye guhamagarira ababishoboye kugura muri cyamunara umutungo utimukanwa wo kwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara. Uyu mutungo uherereye mu mujyi wa Kigali. Aravuga ko agamije gushyira mu bikorwa ibyemezo by’inkiko bitegeka uruganda rw’itabi rwa Nyakwigendera kwishyura umwenda rubereyemo banki y’ubucuruzi ya COGEBANK. Ni ku nshuro ya Kabiri umuhesha w’inkiko ashyize hanze itangazo […]

Continuer la lecture

RDC: Umusirikare yasimbuje urugamba kujya kwirebera ikizungerezi birakaza abatari bake

Abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bababajwe cyane n’amafoto yabyutse acicikana ku mbuga nkoranyambaga y’ Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Sergrent wasohotse mu birindiro bye akajya guhura n’umukobwa w’ikizungerezi ndetse bakanagaragara basomanira mu gihuru. Ni nyuma y’uko aya mafoto ashyizwe ahagaragara, benshi mu banye Congo barakaye, bavuga ko ibyo byatesheje agaciro impuzankano y’igisirikare […]

Continuer la lecture

Umunyamakuru Nkundineza yakatiwe

Umunyamakuru wari umaze kwamamara kuri you Tube avuga ku nkuru z’ubutabera, Jean Paul Nkundineza, yakatiwe igifungo cy’imyaka 3 n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi 100. Urukiko rwashinje uyu munyamakuru gutukira mu ruhame Mutesi Jolly no kumutesha agaciro muri rubanda hashingiwe ku makuru yatanze mu rubanza rwaregwagamo Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, bigize icyaha cyo gutoteza […]

Continuer la lecture

Minisitiri Ngirente yavuze ko Abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere wa kaminuza bazajya biga indimi

Minisitiri w’Intebe,Dr. Ngirente Édouard ,yavuze ko umunyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda icyo yaba yiga cyose azajya yiga n’indimi kugira ngo azabashe gusobanura ibyo yize. Ministiri w’Intebe yabivuze ubwo yagezaga ku nteko ishingamategeko y’u Rwanda imitwe yombi, ibyo Guverinoma yakoze kuva 2017 mu guteza imbere ireme ry’uburezi mu nzego zose. Yanavuze ko havuguruwe porogaramu z’amasomo zo […]

Continuer la lecture

Ibihano bikomeye kuri TP Mazembe kubera kwanga kwambara Visit Rwanda

Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yanze ibyo kwambara Visit Rwanda ku myambaro yo mu irushanwa rya Africa Football League ishobora kubiryozwa, igakatwa ibihumbi 450$ kuri miliyoni 1$ yari guhabwa U Rwanda ruri mu bafatanyabikorwa b’ingenzi ba Africa Football League ndetse ’Visit Rwanda’ ikaba yambarwa ku maboko y’imyambaro y’amakipe arikina, […]

Continuer la lecture

Andriy Lunin yafatiye runini Real Madrid isezerera Man City Perezida Kagame atanga ubutumwa kuri Arsenal yasezerewe na Bayern Munich {AMAFOTO}

Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich igitego 10 mu mukino wo kwishyura wa 1/4, wabereye kuri Allianz Arena. Nyuma yo kwirangaraho ikanganya na Bayern ibitego 2-2 mu rugo,Arsenal yatsindiwe mu Budage ihita isezererwa mu irushanwa itaratwara na rimwe rya UEFA Champions League. Igitego cy’umutwe cya Joshua Kimmich […]

Continuer la lecture

Abagore bashinjwa kuzomera umugore wa perezida barekuwe

Ibitangazamakuru byo muri Zimbabwe byavuze ko abagore icyenda bari batawe muri yombi muri icyo gihugu bashinjwa kuzomera (gukomera) umugore wa perezida bakuriweho ibirego Ibyo birego byakuweho bitegetswe na Auxillia Mnangagwa, umugore wa Perezida Emmerson Mnangagwa, nkuko amakuru abivuga, asubiramo amagambo ya George Charamba, umuvugizi wa perezida. Charamba yasubiwemo agira ati: “Umugore wa perezida hamwe n’umukuru […]

Continuer la lecture

Naretse wari ufungiye ibyaha bya jenoside yaguye muri gereza

Fabien Neretse wari ufungiye mu Bubiligi ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ibyibasiye inyokomuntu, yaguye muri gereza yo muri icyo gihugu aho yari amaze imyaka itanu afungiye. Mu 2019 nibwo Urukiko rwo mu Mujyi wa Bruxelles rwategetse ko Neretse Fabien afungwa imyaka 25 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu. Amakuru yatanzwe n’umuryango we, […]

Continuer la lecture

King James wavuzweho ubuhemu n’umushinja kumwambura amamiliyoni, yasobanuye imiterere y’iki kibazo

Umuhanzi King James wavuzweho ubuhemu n’umushinja kumwambura amamiliyoni, yasobanuye imiterere y’iki kibazo, avuga ko yatunguwe no kuba yaramureze muri RIB. Uyu Pastor Blaise mu butumwa yanyujije kuri X, yagize ati “Muri 2021 nahaye amafranga umuhanzi Ruhumuriza James, uzwi ku izina rya King James ngo dukorane business yari yatangiye yo gukora no gutunganya ubufu bwa kawunga. […]

Continuer la lecture

Amateka ya Rujugiro Ayabatwa Tribert wari Umunyarwanda ukize cyane kurusha abandi

UmuherweTribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata 2023. Umwe mu banyamategeko be yahamirije BBC Gahuzamiryango urupfu rwa Rujugiro, yongeraho ati: “Nta yandi makuru dufite yo gutanga muri aka kanya.” Amakuru avuga ko yari asigaye aba i Dubai muri Emira […]

Continuer la lecture