‘Afite imyaka 25 kandi mama we amutwara buri hamwe amuteruye’ umugabo warekeyaho gukura ku myaka 5 gusa

Umugabo wahagaze gukura afite imyaka 5 gusa akomeje gutangaza benshi.Uyu ni umugabo wo cyaro cy’Igihugu cy’u Buhindi aho abana n’umuryango we urimo nyina yemeza ko amwitaho kurenza abandi bantu bose kuko ngo amutwara buri hamwe. Ravi Kumar, we atekereza ariwe mugabo mukuru ariko mugufi mu gihugu cy’u Buhindi cyose.Ravi uturuka muri Jhansi muri Leta ya […]

Continuer la lecture

Rayon Sports mu nzira zo kongera amasezerano bamwe mu bakinnyi b’inkingi za mwamba

Rayon Sports yatangiye kureba uburyo yaganira na bamwe mu bakinnyi ba yo yifuza kuzongerera amasezerano. Uri ku isonga ni umunyezamu w’umunya-Senegal, Khadime Ndiaye wayigezemo muri Mutarama 2024 aho yasinye amasezerano y’amezi 6. Amakuru avuga ko Rayon Sports yifuza kugumana uyu munyezamu ndetse yanamugejejeho iki cyifuzo, inatera intambwe ya mbere yo kumuganiriza ngo bazagumane ariko bivugwa […]

Continuer la lecture

Noteri w’ubutaka yatewe ibyuma arapfa

Noteri witwa Elyse Ndamyimana w’ubutaka mu Murenge wa Remera ho mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yatezwe n’abagizi ba nabi bamuteragura ibyuma bimuviramo urupfu. Ni ubugizi bwa nabi bwabaye mu ijoro ryo ku wa 19 Mata ubwo Ndamyimana yatahaga, agahura n’abo bagizi ba nabi. UMUSEKE dukesha iyi nkuru uravuga ko wamenye amakuru avuga […]

Continuer la lecture

Menya byinshi ku Mwamikazi Gicanda n’Urwibutso kuri Perezida Kagame

Ku itariki nk’iyi ya 20 Mata mu 1994, ni wo wabaye iherezo ry’ubuzima bwa Gicanda wari wararongowe n’Umwami Mutara III Rudahigwa, Intwari y’Imena mu Ntwari z’u Rwanda. Gicanda wibukwa ku wa 20 Mata, yabayeho ubuzima bwe ari umuntu wiyoroshya, wubaha bose atarobanuye ndetse ufite ubupfura butangaje. Umwamikazi Gicanda yavukiye i Rwamagana mu 1928, nyuma muri […]

Continuer la lecture

APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 22 {AMAFOTO}

Igitego kimwe rukumbi cya APR FC cyatsinzwe na Mugisha Gilbert, cyatumye iyi kipe yegukana igikombe cya shampiyona ya 2023-24 mu gihe habura imikino 3 ngo shampiyona irangire. Wari umukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda aho APR FC yari yakiriye Kiyovu Sports, iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ikaba yasabwaga kunganya gusa igahita […]

Continuer la lecture

Abarenga 2000 bari mu gihirahiro kubera kurindimuka k’umusozi bari batuyeho

Umwana umwe w’imyaka itanu yaraye apfuye, abaturage barenga 2.400 nabo ubu bakaba batagira aho bakinga umusaya. Ni inyuma y’aho umusozi wabo wa Gabaniro urindimukiye ugashunguka muri zone Gitaza ya komine Muhuta mu ntara ya Rumonge,mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’u Burundi. Ku bw’umukuru wa komine Muhuta Niyonsavye Scholastique, ubu imidugudu irenga 350 nta n’umwe ukiboneka. Yabwiye […]

Continuer la lecture

Kiliziya Gatolika irashinja Tshisekedi kubuza igihugu umutekano

Karidinali Fridolin Ambongo uhagarariye arikidiyoseze ya Kinshasa mu gihugu cya DRC yasobanuye uruhare rw’ubutegetsi bwa Kinshasa burangajwe imbere na Perezida Tshisekedi mu bibazo by’umutekano muke ubugarije none abaturage bakaba bari kwishyura Fagitire Uyu wihaye Imana amaze iminsi adacana uwaka n’ubutegetsi bwa Peresida Tshisekedi, kuri ubu ari kuvuga ko ikosa ryakozwe na Leta yemeye guha intwaro […]

Continuer la lecture

Niyonzima Olivier Seif udashaka gukorerwaho amateka yagarutse guhangamura APR FC

Niyonzima Olivier Seif ,kapiteni wa Kiyovu Sports,wari wahagaritswe imikino yose isigaye ya Shampiyona, akaza gusaba imbabazi, yagarutse mu kibuga mu mwambaro w’iyi kipe yiteguye gucakirana na APR mu mukino ushobora gutuma iyi Kipe y’Ingabo z’u Rwanda irarana Igikombe. Uyu mukinnyi ukina hagati mu kibuga, imbere ya ba myugariro, ntiyakiniye Kiyovu Sports mu mikino iheruka kubera […]

Continuer la lecture

Umugabo yaciye ugutwi mugenzi we waruri kumusambanyiriza umugore

Uyu mugabo wo mu murenge wa Kabagari,mu karere ka Ruhango yafashwe asambanyiriza umugore w’abandi mu gihuru,ahita aruma igice cy’ugutwi k’umugabo we wari ubafashe. TV1 dukesha iyi nkuru ivuga ko RIB yafunze uyu mugabo wajyanye mu gihuru umugore wa mugenzi we kumusambanya umugbo wuwo mugore,Rudasingwa Jean d’Amour yabwiye TV1 ati”Njyewe nabafatiye mu rutoki bari gusambana,dutangira kurwana.Andumye […]

Continuer la lecture

Ikipe Zidane agiye kwerekezamo yamenyekanye

Umutoza Zinedine Zidane umaze igihe nta kazi ibiganiro n’ikipe ya Bayern Munichen bigeze kure ngo azasimbuye Thomas Tuchel uzagenda. Uyu mutoza wihariye agahigo ko kwegukana Champions League ebyiri zikurikiranya,biravugwa ko habura ibintu bike kugira ngo yemere aka kazi. Zidane yavuye muri Real Madrid muri Kamena 2021,aho kuva ubwo atarongera gutoza ikipe nimwe. Kuva icyo gihe, […]

Continuer la lecture

Umugore yakoze ibidasanzwe ajyana umurambo kuri Banki ngo umufashe kubona inguzanyo

Uyu mugore uzwi nka Erika de Souza Vieira Nunes yafashwe amashusho ubwo yari ageze kuri banki i Rio de Janeiro. Byagaragaye ko yitwaje umurambo kugira ngo abone inguzanyo y’amadorari 3,400. Muri iyi videwo,uyu mugore yagerageje guhatira uyu murambo gusinya impapuro akoresheje ukuboko kwe . Yagaragaye avugana n’uyu murambo wa nyirarume wapfuye, amubaza niba ashobora kumwumva […]

Continuer la lecture