‘Afite imyaka 25 kandi mama we amutwara buri hamwe amuteruye’ umugabo warekeyaho gukura ku myaka 5 gusa
Umugabo wahagaze gukura afite imyaka 5 gusa akomeje gutangaza benshi.Uyu ni umugabo wo cyaro cy’Igihugu cy’u Buhindi aho abana n’umuryango we urimo nyina yemeza ko amwitaho kurenza abandi bantu bose kuko ngo amutwara buri hamwe. Ravi Kumar, we atekereza ariwe mugabo mukuru ariko mugufi mu gihugu cy’u Buhindi cyose.Ravi uturuka muri Jhansi muri Leta ya […]
Continuer la lecture
