Abakobwa bakora ubujura bitwaje imihoro batawe muri yombi

Mu mukwabu ukomeye wakozwe n’inzego z’umutekano ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage, itsinda ry’amabandi yamburaga abaturage mu Mujyi wa Muhanga yitwaje imihoro ryatawe muri yombi. Iri tsinda rigizwe n’urubyiruko rw’abahungu n’abakobwa batangira abaturage mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Muhanga bakabambura ibikoresho n’amafaranga bafite. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamabuye, Nshimiyimana Jean Claude avuga ko hamaze gufatwa abagera […]

Continuer la lecture

APR FC igiye kuzana barutahizamu babiri bakomoka muri Zambia

Biravugwa ko kuri ubu ikipe ya APR FC ihanze amaso abakinnyi babiri bakomoka muri Zambia, Abraham Siankombo na Ricky Banda. Ni mu rwego rwo gukomeza kongera amaraso mashya muri iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu izahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika ya CAF Champions League. Umunyamakuru w’inararibonye muri ruhago Nyafurika Micky Jr ukomoka muri Ghana, akaba azwiho cyane […]

Continuer la lecture

Uwifuza guhatanira kuyobora u Rwanda yatangaje gahunda imuganisha ku kuba umukandida

Uwigeze kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Mpayimana Philippe , agatsindwa ku majwi 0,7%, akaba yifuza kongera kwiyamamaza, yatangaje gahunda yo gutangira gusinyisha abashyigikira Kandidatire ye. Mpayimana Phillipe wiyamamaje mu matora y’Umukuru w’Igihugu ya 2017, aherutse kwemeza ko azongera akiyamamaza mu matora y’uyu mwaka azaba muri Nyakanga 2024. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, iherutse […]

Continuer la lecture

Kimisagara hagaragaye umugabo wapfuye amanitse mu giti yambaye ubusa

Mu Kagari ka Kimisagara mu Murenge wa Kimisagara Akarere ka Nyarugenge, hagaragaye umugabo wapfuye amanitse giti ndetse yambaye ubusa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mata 2024, nibwo uyu murambo w’uyu mugabo wagaragaye umanitse mu mugozi mu giti giherereye hagati y’ingo ziri mu Mudugudu wa Birama mu Kagari ka Kimisagara. Nyakwigendera […]

Continuer la lecture

Abarenga 100.000 bimuwe kubera imvura

U Bushinwa bwimuye abantu barenga 100.000 kubera ko imvura idasanzwe ikomeje kwibasira Intara y’amajyepfo ya Guangdong. Kuri uyu wa kabiri,Tariki ya 23 Mata 2024, abayobozi batanze impuruza kuri iyi mvura ndetse no mu minsi itambutse imvura yateje umwuzure yahitanye abantu bane abandi 10 baburirwa irengero. Imvura idasanzwe yaguye muri Guangdong, bituma Leta iburira ko hashobora […]

Continuer la lecture

APR FC mu biganiro n’umukinnyi wakiniye Arsenal

APR FC ishobora kugura Gervais Yao Kouassi (Gervinho) wakiniye Arsenal na AS Roma. nyuma yo kugaruka kuri politike yo gukinisha abanyamahanga. Umunya-Côte d’Ivoire,Gervais Yao Kouassi wanyuze mu makipe arimo Arsenal na AS Roma zo ku Mugabane w’u Burayi, ashobora kwisanga akinira kuri Kigali Pele Stadium, cyangwa Stade Amahoro yambaye umukara n’umweru. Ku myaka 36 y’amavuko […]

Continuer la lecture

Abagwiriwe n’ikirombe bavanywemo bapfuye

Uwakuwemo mbere yaje kugwa kwa muganga akaba yaritwaga Bucyanayandi Evariste w’Imyaka 27 y’amavuko. Bamukuye mu kirombe yanegekaye ajyanwa mu bitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali(CHUK) agezeyo ahita yitabimana. Bagenzi be babiri aribo Niyitegeka Etienne w’Imyaka 43 y’amavuko na Twizeyimana Emmanuel w’Imyaka 24 y’amavuko nabo bavanywemo bapfuye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma Mandera Innocent yabwiye UMUSEKE […]

Continuer la lecture

Dore impamvu gufunga inkari igihe kirekire ari bibi cyane ku mubiri w’umuntu

Hari igihe akazi kaba kenshi, bikagorana guhaguruka katarangiye, bamwe bagatangira kwiga umuco wo gufata inkari bakazitindana cyane mbere y’uko bajya kwihagarika. Ariko icyo gikorwa kigaragara nkaho ntacyo gitwaye, kigira ingaruka mbi ku buzima ari nazo tugiye kurebera hamwe muri iyi nkuru. Inkari ziba zigizwe n’iki? Ubusanzwe inkari ziba zifite ibara ry’umuhondo rijya kweruruka. Ziba zigizwe […]

Continuer la lecture

RCS yavuze ku bacungagereza bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara

Kuri uyu waMbere tariki ya 22 Mata 2024,hamenyekanye amakuru avuga ko hari abacungagereza n’abayobozi babo batangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera ko bafungiwe ubusa mu gihe kigera ku mezi atanu. Umuvugizi wa RCS, CSP Kubwimana Thérèse, yemereye IGIHE dukesha iyi nkuru ko hari abakozi bayo bari gukurikiranwa bitewe n’amakosa bakoze mu kazi, agaragaza ko ari […]

Continuer la lecture

‘Twe intego yacu si yo mu Rwanda’ Ese niyompamvu yo guseba kwa Rayon sports

Bugesera FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera Rayon Sports ku giteranyo cy’ibitego 2-0. Umukino ubanza wari wabereye i Kigali, Bugesera FC yawutsinze igitego kimwe ku busa. Rayon Sports yagiye mu Bugesera ibizi ko ari umukino wo gupfa no gukira ishaka gusezerera Bugesera FC. Wari umukino utoroshye kuko na Bugesera FC […]

Continuer la lecture