Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 mu murenge wa Cyanika mu KARERE ka Ruhango, Kandida Perezida akaba n’umukuru w’ishyaka DGPR yagaragaje imigabo n’imigambi...
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa...
Kuwa gatatu tariki ya 10 Nyakanga 2024, mu murenge wa Byumba, akagari ka Gacurabwenge, Dr Frank Habineza Kandida ku mwanya wa Perezida ubwo yiyamamazaga yabwiye abaturage...
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, yabwiye abaturage ba Muhanga ko naramuhanga atowe...
kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024, mu karere ka BUGESERA, Dr Frank Habineza Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) akaba na Kandida ku mwanya...
Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, Mu murenge wa Gasaka akarere ka Nyamagabe Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR, riratangaza ko ryahanye igihango...
Ubwo yiyamamazaga mu KARERE ka Gakenke ku itariki ya 5Nyakanga 2024, Hon Dr Frank Habineza yagarutse ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke ndetse atanga igisubizo...
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu KARERE ka Rulindo yabwiye abaturage ko nibatorwa umuturage ushaka kugura gazi ntibizagombera ko afite amafaranga aguze icupa ryose...
Umuyobozi w’ishyaka DGPR mu KARERE ka Karongi Umurwanashyaka Olivier yatangaje ko hari bamwe mu baturage mu KARERE ka Karongi, umurenge wa Rubengera akagari ka Kibirizi, bamubwiye...
Kuri uyu wa 3Nyakanga 2024, ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ku munsi waryo wa 12 ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu kagari ka Gasiza umurenge...