Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva tariki ya 7, 8 no ku ya 9 Mutarama 2025, imaze gufunga abantu bane barimo Umunyamabanga Nshigwabikorwa w’Umurenge wa Manihira...
Imanizabayo Solange w’imyaka 29 wonsaga uruhinja rw’amezi icyenda, yakubiswe n’inkuba ahita apfa, mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro. Uyu mubyeyi asize urwo...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yagize Jean Guy Afrika Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere RDB, asimbuyeho Gatare Francis...
Imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’igisirikare cya Congo , yakomeje ku cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2024, yerekeza Goma. Iyi mirwano iri kubera muri teritwari ya...
Ntegamaherezo Eric w’imyaka 33 wo mu mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe yimanitse mu mugozi,hagakekwa intonganya yari yagiranye n’umugore...
Diyosezi Gatolika ya Cyangugu yatangaje ko Padiri Jean Damascène Kayomberera yitabye Imana ndetse na Diyosezi ya Nyundo yashyize hanze itangazo ry’uko Padiri Jean Marie Vianney Muzeyi...
Umushoferi w’ikamyo yavaga i Kigali yerekeza mu Karere ka Rusizi yagonze umukingo ageze ahitwa ku Gisakura mu Mudugudu wa Rwumba, Akagari ka Buvungira, Umurenge wa Bushekeri,...
Abaturage bo mu mujyi wa Kalemie muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bafashe ukekwaho ubujura bamutwika ari muzima. Uwatwitswe yafashwe mu ijoro ryo ku wa 10...
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta gahato karimo, ahubwo ko umunyamuryango wayo yungukirwa buri mwaka amafaranga angana na 12% by’ayo...
Nyanza Ubushinjacyaha buravuga ko Niyitegeka Eliezel yasoreshaga ubutaka bwa leta byanatumye akuramo imodoka zirenga 25, etage mu mujyi wa Kigali n’ibindi atunze atabasha gusobanura aho yabikuye....