Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza, kuri uyu wa 14 Mutarama 2025 rwafashe icyemezo cyo kurekura by’agateganyo umugabo witwa Niyitegeka Eliezel uregwa ibyaha bitandukanye....
Inzego zitandukanye zo mu Karere ka Kamonyi, zirimo guhiga bukware umuturage witwa Nkuriyingoma Jean Baptiste ushinjwa gutera mugenzi we grenade. Ibi Byabereye mu Kagari ka Mbati,...
Umuturage witwa Nshimiyimana Emmanuel, wo mu Mudugudu wa Ngugu, mu Kagari ka Byahi, mu Murenge wa Rubavu, yatwitse inzu yabanagamo n’uwo bashakanye biturutse ku ntonganya bagiranaga...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Perezida Joe Biden uyu munsi yavuze disikuru yo gusezera ku bakozi ba minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yavuze ko Amerika izahora kw’isonga...
Claudine DeLucco Uwanyiligira wabaye Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri. Uwanyiligira yabaye Umuyobozi wungirije wa RBA kuva...
Jean-Guy Afrika wahawe inshingano na Perezida Paul Kagame, zo kuba Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB), yashimiye Umukuru w’Igihugu ku cyizere yamugiriye, yizeza kuzakora...
Abasivile 16 bo mu Ntara ya Zamfara yo muri Nigeria, bishwe n’igitero cy’indege nyuma yo kubitiranya n’imitwe y’abagizi ba nabi. Abahatuye babwiye ibinyamakuru ko abishwe...
RIB yatangaje ko yataye muri yombi abarimu batanu bigisha mu bigo by’amashuri bitandukanye byo mu Karere ka Rutsiro bazira gukoresha impamyabushobozi mpimbano. Abo barimu batawe muri...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Abu Dhabi muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE),...
Ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, mu Mudugudu wa Nyagahinga, Akagari ka Sure, Umurenge wa Mushubati mu Karere ka Rutsiro, haravugwa umubiri w’umugore n’ibiri y’abana bikekwa ko...