Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, ku bibazo by’umutekano mucye muri Congo, bemeranya ko...
Impunzi z’Abanyekongo zisaga 1200 zimaze kwakirwa mu nkambi ya Rugerero iherereye mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba, ziturutse mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga atangaza ko ingabo za FARDC zarashe ibisasu mu Rwanda bigahitana abantu batanu, abandi 35 bagakomereka. Umuvugizi w’ingabo z’u...
Tasty Bakery , imwe mu makompanyi akora cakes n’ibindi biribwa bikomoka ku ifarini nk’imigati, amandazi na capati biryoshye, kuri ubu ikomeje gahunda yo kurushaho kunoza...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu itumba rya 2025, hateganyijwe imvura iri hasi gato y’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa. Ni amakuru...
Bidasubirwaho, inyeshyamba za M23 zatangaje ko zamaze kubohora Umujyi wa Goma, zikangurira abaturage kudahangayika. Guhera ku mugoroba wo ku Cyumweru, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho agaragaza...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteguye kwakira impunzi zahungira mu Rwanda ziturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kubera imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro...
Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Mutarama 2025, mu Karere ka Rubavu haguye igisasu ryo mu bwoko bwa Grenade, n’irindi sasu ritobora...
Abasirikare 13 barimo abari mu butumwa bw’abari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) n’ab’umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC), baguye mu...
Umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa, Emmanuel Macron yahamagaye kuri telefoni Perezida Felix Tshisekedi na Perezida Paul Kagame mu bihe bitandukanye. Ibiro bya Perezidansi y’Ubufaransa bivuga ko ku wa...