Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis umaze hafi ibyumweru bitatu ari mu bitaro kubera indwara z’ibihaha n’ubuhumekero, ubu yatangiye gutora agatege nyuma yo kwitabwaho...
Leta ya Congo yashyizeho igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari ya America ku bantu bayifasha gufata abayobozi batatu b’ihuriro Alliance Fleuve Congo rifatanya na M23. Congo ivuga...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize umukobwa we, Christina Tshisekedi Tshika mu bajyanama bwite be. Itangazo ry’itangwa ry’imirimo mishya inyuranye rituruka mu...
Thomas Lubanga Dylo wigeze gufungirwa muri gereza y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), yashinze umutwe w’inyeshyamba mushya urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Lubanga wayoboraga UPC/FPLC...
Abantu 11 bafatiwe mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe harimo n’umugore 1 barimo abasanzwe ari abacukuzi abandi bakaba ari abafite imirima icukurwamo amabuye y’agaciro n’abacukuzi banafite iyo...
Abafana ba DCMP (Daring Club Motema Pembe) iri mu makipe y’umupira w’amaguru y’ubukombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, kubohora...
Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo warekuye abaturage 161 wari uherutse gushimuta mu ntara ya Ituri. CODECO yashimutiye...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaganywe nyuma yo kugaragaza ko mu burasirazuba bw’iki gihugu nta Banye-Congo bavuga Ikinyarwanda babayo. Intandaro y’uku kwamaganwa ni ibisobanuro...
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere,RGB, kuri uyu wa kane tariki ya 6 Werurwe 2025, rwatangaje ko rwahagaritse imiryango ishingiye ku myemerere, ibiri ariyo Elayono Pentecostal Blessinga Church riyobowe...
Ihuriro rya AFC/M23 ryashyize umucyo ku basirikare 130 ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, baherutse gufatirwa mu bitaro by’i Goma bari bihishemo, ariko Umuryango w’Abibumbye...