Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru,kuwa 05/05/2024 haraye hatewe za Grenade mu tubari tubiri muri Quartier Gikizi ya Zone Kamenge Komine ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura....
Polisi y’u Rwanda yavuze ko yatangiye gukurikirana Dosiye ya SP Musonera Eugene Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza, ku byaha akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi...
Imodoka yari itwaye abanyeshuri b’inshuke bo ku ishuri rya St Nicolas riherereye mu Mujyi wa Kigali, i Nyamirambo, yakoze impanuka, abagera kuri barindwi barakomereka. Iyi mpanuka...
Mu mpera z’iki cyumweru gishize mu bihugu bitandukanye, imikino ya shampiyona yarakinwe ndetse n’andi marushanwa arakomeza mu gihe umwaka w’imikino uri kugana ku musozo. Uko ni...
Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo kurasa ku baturage bavuye mu byabo mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu gihe nta...
Mu gihe hacyibazwa uwarashe ibisasu ku mpunzi z’i Mugunga,umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi na MONUSCO babuze uwo babishinja gusa basaba ko ababikoze bagezwa imbere y’ubutabera. Mu itangazo...
Umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko wamaganye byimazeyo ibitero ushinja inyeshyamba M23 byibasiye inkambi ya Mugunga y’abavanywe mu byabo (IDP) n’intambara. Kubera...
Ikigo cy’ikoranabuhanga bya OpenAI gifite mu nshingano ChatGPT n’icya Microsoft byajyanywe mu nkiko n’ibinyamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bishinjwa gukoresha nta burenganzira inkuru...
Aba bagabo batangaga amakuru y’uko bakora akazi ko kugurisha intanga, aho imwe yabaga igurishwa amadolari 100$. Binyuze kuri Facebook, abagore benshi bakeneye abana bagannywe serivisi z’aba...
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zifatanyije n’iz’iki gihugu, zirukanye ibyihebe bya Al Shabab mu mashyamba y’inzitane yo mu karere ka Eráti, aho byari bifite indiri,...