Imirwano irakomeje hagati y’Umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo zifasha igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC zirimo izaturutse mu muryango wa SADC,iNGABO Z’Uburundi,FDLR,Wazalendo n’abacanshuro b’ababazungu...
Abantu batandatu bapfuye bazize inzara mu gihe cy’ukwezi kumwe mu nkambi ya Rusayo 3 nkuko byatangajwe na Perezida w’inkambi,ku wa gatanu, tariki ya 10 Gicurasi. Nk’uko...
Imirwano imaze iminsi ibiri mu gace ka Cambombo gaherereye muri Teritwari ya Kalehe hagati ya M23 n’Ihuriro rya FARDC n’abambari bayo. Rwanda Tribune yavuze ko isoko...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ’Amavubi’yatangaje urutonde rw’Agateganyo rw’Abakinnyi yahamagaye, bazitabira umwiherero wo kwitegura imikino yo guhatanira kuzitabira Igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2026. Uru rutonde rw’agateganyo...
Rutahizamu Kylian Mbappé yasezeye byeruye kuri Paris Saint-Germain yari amazemo imyaka 7. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze,yatangaje ko atazongera amasezerano muri PSG – kugira...
Nyuma y’uko umutwe wa RED Tabara ugabye igitero muri Zone ya Gatumba mu Burundi, mu gace gahana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukivugana abantu...
Abahanga mu by’isanzura batangaje ko kuwa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022 hirya no hino ku Isi hazagaragara ubwirakabiri bw’ukwezi (Lunar eclipse) buzatuma uwo munsi kugaragara gusa...
, yamaganye ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa RDC wavuze ko Perezida Paul Kagame amaze iminsi avugira mu bitangazamakuru mpuzamahanga ko “ingabo z’u Rwanda ntizizava...
Ferwafa ryatangaje ko kugeza ubu nta biganiro byari byaba hagati yabo na rutahizamu wa Bugesera Ani Elijah ngo abe yakinira ikipe y’igihugu Amavubi. Ibi Ferwafa ikaba...
Babinyujije mu Itangazo Abanyamuryango ba AFC/M23 bateye utwatsi uburyarya bw’imwe mu miryango mpuzamahanga, bavuga ko bakomeje guhagarara ku ntego yabo yo gutuma Abanyekongo bose basubirana uburenganganzira...