Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, bavuga ko hari abagabo bishyiriyeho gahunda idahwitse bise agakono k’abapapa bahaha ibiryo bakabirya bonyine...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ku wa Kabiri, itariki ya 4 Kamena 2024, yashyize ahagaragara ifoto y’umuntu wambaye gisirikare bivugwa ko ari...
Umugabo w’imyaka 48 wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi akekwaho icyaha cy’ubuharike no guta urugo. Byabereye mu Mudugudu wa Kabagabo, Akagari ka Mubumbano Umurenge...
Impumuro mbi ku mubiri (cyangwa osmidrosis cg bromhidrosis) ni impumuro itari nziza umubiri ushobora gutanga igihe bagiteri zisanzwe ziba ku ruhu zitangiye guhinduramo ibyuya, aside. Hari n’abavuga ko ari...
Amakuru akomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, aravuga ko umuhanzi w’icyamamare witwa Christopher Muneza yafungishije umwana muto w’umupolisi ndetse akamwirukanisha mu kazi ke...
Ahazwi nko mu Cyahafi,mu murenge wa Gitega wo mu karere ka Nyarugenge,hahoze akajagari, ubu huzuye amagorofa azatuzwamo imiryango 534. Uyu mudugudu w’Icyitegererezo w’amagorofa,ushobora kuzatahwa ku munsi...
Ku wa gatanu abantu 51 bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare rwateraniye muri gereza ya gisirikare ya N’dolo mu murwa mukuru Kinshasa bashinjwa ibyaha birimo iterabwoba, kwica,...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, kuri uyu wa 7 Kamena 2024 yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba...
Senateri Mupenzi George yeguye ku mpamvu ze bwite. Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Kamena 2024 nibwo yashyikirije Perezida wa Sena ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri....
Ikipe y’Igihugu ya Bénin yatsinze Amavubi igitego 1-0 mu mukino wa gatatu mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizabera muri Canada, Amerika na Mexique mu 2026....