Perezida Félix Antoine Tshisekedi yongeye kwikoma “umuturanyi” nyuma y’uko inyeshyamba za M23 zari zimaze kwigarurira imijyi ya Kanyabayonga na Kirumba, atanga isezerano ryo gukora ibishoboka byose...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buravuga ko buri gufasha abakora uburaya kuba babureka burundu binyuze mu kubashakira uburyo bakwiga imyuga inyuranye no kubahuza n’amahirwe y’akazi aboneka muri...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yifatanyije mu kababaro n’Umwami Mohammed IV wa Morocco wapfushije nyina Umugabekazi Lalla Latifa Amahzoune, watanze ku wa Gatandatu tariki...
Urubyiruko rwibumbiye mu itsinda ry’abantu 15 bakora ubworozi bw’inkoko mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Horezo mu Murenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga baravuga ko batangiye itsinda...
Perezida Kagame, akaba n’Umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yijeje ubufasha Ndayambaje Christian wo mu Karere ka Nyamasheke wiyemeje kongerera agaciro ibijumba akabikoramo ibisuguti, divayi...
Perezida Tshisekedi yayoboye inama nkuru yaguye ya gisirikare nyuma y’ifatwa rya Kanyabayonga n’ibindi bice bitandukanye muri Teritwariya Lubero, muri Kivu ya ruguru. Kuri uyu wa 29...
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko Perezida Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro ku wa Mbere, tariki ya 1 Nyakanga. Umukuru w’Igihugu azanakurikirana umukino uzahuza APR...
Mu Bwongereza, inkuru iri guca ibintu ni iy’umucungagereza w’umugore wafashwe amashusho ari gusambana n’imfungwa ashinzwe kurinda mu kumba yari ifungiwemo, byatumye ahita atangira gukorwaho iperereza. Aya...
Niyonzima Olivier yasubiye muri Rayon Sports nyuma yo guca muri APR FC, AS Kigali na Kiyovu Sports. Sefu wagaragaye mu mukino wa gicuti uheruka guhuza APR...
Perezida Kagame yaburiye abayobozi b’ibihugu birimo u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigambye ko bashaka gutera u Rwanda ko rutera rudaterwa. Ibi yabivuze kuri...