Abagerageje igikorwa cyo gukura Perezida Félix Tshisekedi ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basobanuye ko binjiye mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu, nta muntu n’umwe ubakomye...
Rwandanews24 iguhaye Ikaze ku kibuga cya Kirehe mu Karere ka Kirehe aho Umuryango FPR Inkotanyi ukomereza ibikorwa byo kwamamaza Chairman akaba n’Umukandida wawo, Paul Kagame, ku...
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (La Francophonie), Louise Mushikiwabo yahawe umudari na Perezida wa Romania, Klaus Iohannis, uyu umudari w’icyubahiro ufite ishusho y’inyenyeri uzwi...
Donald Trump, wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahuye n’ibibazo by’ubucamanza byaturutse ku birego bimushinja gushaka guhirika ubutegetsi mu mwaka wa 2020 nyuma yo gutsindwa amatora....
Iteka rya Perezida wa Repubulika Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020, rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rikagena ibijyanye n’umushahara umusirikare ahabwa ndetse n’andi...
Victor Bout, umwe mu bacuruzi bamamaye cyane mu gutwara imbunda ku isi, yarekuwe ngo areke kuba mu nsi y’uburinzi bwa Amerika mu rwego rwo guhererekanya imfungwa...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko iki gihugu kigomba kuguza amafaranga menshi kugira ngo guverinoma ikomeze yiyubake nyuma y’uko abigaragambya banze umushinga w’itegeko ryo kuzamura...
Rwandanews24 iguhaye Ikaze kuri Stade Amahoro ahagiye kubera umukino wo gufungura iki gikorwaremezo giheruka kuvugururwa kigashyirwa ku rwego rwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, bavuye...
Ni mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite azaba kuva ku itariki ya 14 kugeza ku ya 16 Nyakanga 2024. Iyo lisiti ntakuka y’abemerewe gutora yashyizwe...
Muri ibi bihe by’umusirimuko mvamahanga, hari abahirahira bakifatira abakurambere mpangarwanda ku gahanga, babashinja ko nta buringanire bw’ibitsina byombi bwabaranze, aho banihanukira bakemeza ko ari ibihe byaranzwe...