Kuri uyu wa gatatu, Harry Maguire ntabwo agaragara mumikino ya FA Cup igeze mu ijonjora rya gatanu ya Manchester United ikina na Nottingham Forest, Bruno Fernandes...
Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura y’amahindu, wishe abantu bagera ku 110 mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 30...
Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yagiranye ikiganiro n’abayobozi b’ihuriro rya AFC/M23 rimaze ihihe mu ntambara y’amasasu na...
Mu karere ka Kamonyi, haravugwa inkuru y’umusaza w’imyaka 62 bivugwa ko yacyuye umugore ukora uburaya, nyuma akaza gupfira iwe mu buryo butunguranye. Ibi byabereye mu Mudugudu...
Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba Tungunga, ukurikiranyweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari mu mafaranga yari...
Umuryango w’Abibumbye watanze imidali y’icyubahiro ku basirikare n’abapolisi baguye mu butumwa bwo kugarura amahoro hirya no hino ku Isi barimo babiri b’u Rwanda biciwe muri Centrafrique....
Agakiriro gakorerwamo imirimo y’ububaji no gusudira mu Murenge wa Gisozi, mu karere ka Gasabo kongeye gufatwa n’inkongi . Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa...
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yaganiriye n’abahagarariye amadini n’amatorero. Nk’uko byemejwe n’Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ibi...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yifatanyije na mugenzi we w’icyo Gihugu, Kassym-Jomart Tokayev n’abandi bayobozi baturutse hirya no hino ku Isi mu gufungura Inama Mpuzamahanga ya...
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yahamije ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bufite uruhare mu mutekano wazambye mu gice cy’uburasirazuba. Ni igitekerezo uyu...
Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama y’abagaba bakuru b’ingabo bo muri Afurika iri kubera muri Kenya kuva ku wa 29 Gicurasi 2025....