Gasore Simeon w’imyaka 39 wo mu Mudugudu wa Kabwenge, Akagari ka Nyagisozi, Umurenge wa Busogo, Akarere ka Musanze yagwiriwe n’itaka ubwo yibaga iryo guhomesha inzu ye...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yababajwe n’urubyiruko rukomeje kwiyandarika by’umwihariko urwiyambika ubusa ku karubanda, asaba abayobozi n’ababyeyi guhagurukira ibyo byonnyi byibasiye Umuryango Nyarwanda. Perezida...
Mu gihe habura umunsi umwe ngo Donald Trump, arahirire kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abagera mu bihumbi biganjemo abagore biraye mu mihanda ya...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru Uwineza Liliane rwahamagaje ngo asobonure ibirebana n’ibiganiro yatambutsaga kuri YouTube byashoboraga kubiba amacakubiri akanga kwitaba. Umuvugizi wa RIB, Dr....
Umujyi wa Kigali watangaje ko hatangiye igeragezwa rizatuma bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zizajya zihagurukira igihe kizwi, ibitandukanye n’ibyari bisanzwe aho rimwe na rimwe...
Rutahizamu w’Umunya-Uganda, Charles Bbaale, yandikiye Rayon Sports ayisaba gusesa amasezerano bafitanye kubera ko asanga atagifite imbaraga zo kuyifasha muri uyu mwaka w’imikino. Bbaale yari amaze umwaka...
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF (La Francophonie) w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, Louise Mushikiwabo, yagiranye ibiganiro na Perezida João Lourenço wa Angola i Paris. Ibiro bya OIF byasobanuye...
Urukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye rwanzuye ko Dushimumuremyi Fulgence bahimba Komanda yahawe igifungo cy’iminsi 30 by’agateganyo. Mu isomwa ry’urubanza ryabaye kuri uyu wa Gatanu taliki ya 17/01/2025,...
Ubuyobozi bw’Abanyarwanda baba muri Leta ya California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwatangaje ko umuryango umwe w’Abanyarwanda wakuwe ahibasiwe n’inkongi y’umuriro muri Los Angeles, ucumbikirwa...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mutarama 2025, yateraniye muri Village Urugwiro. Imwe mu myanzuro yemejwe harimo...