Vatican yatangaje ko Papa Leo XIV uherutse gutorerwa kuba Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, azatangira inshingano ze ku wa 18 Gicurasi 2025. Ni igikorwa...
Karidinali Robert Francis Prevost, waraye atorewe kuba Papa mu ijoro ryo ku wa 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina rya Papa Leo XIV, akaba yaravukiye Chicago...
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze gusinyisha Martin Zubimendi, umukinnyi wo hagati wakiniraga Real Sociedad, mu rwego rwo kongera imbaraga mu kibuga hagati mbere y’uko...
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, wari ukurikiranweho icyaha cy’ubushoreke no guta urugo afungurwa. Ku wa 09 Gicurasi...
Umutwe wa M23 watangiye gusatira Umujyi wa Uvira wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ibica amarenga y’uko ushobora kuwigarurira. Ingabo z’uyu mutwe kuva ejo...
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki ya 8 Gicurasi 2025, umujyi wa Uvira wumvikanagamo urusaku rw’imbunda rwinshi, nyuma y’uko abasirikare ba...
Kiliziya Gatolika yabonye Umushumba mushya nyuma y’amatora y’inteko y’Abakaridinali 133 bateraniye muri Chapelle ya Sistine. Cardinal Robert Francis Prevost, ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Inteko y’Abakaridinali 133 bateraniye muri Chapelle ya Sistine i Vatican, imaze gutora Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika. Itorwa rye ryatangajwe n’umwotsi w’umweru wazamutse ku gisenge cya...
Polisi y’u Rwanda yasubije umukoresha wa X (yahoze ari Twitter) wifuje kujyanwa i Wawa, avuga ko ubuzima bwo hanze bumunaniye, asaba kujya kwihugura mu myuga. Ubutumwa...
Mu cyiciro cya gatatu cy’umunsi wa kabiri w’amatora y’Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi ari kubera i Vatican, hongeye kugaragara umwotsi w’umukara, bivuze ko nta...