Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Bizimana Djihad yerekeje muri Al Ahli Tripoli SC yo muri Libya avuye muri Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri...
Shema Richard w’imyaka 8 wigaga mu wa 4 mu ishuri ribanza rya Rwamiyaga mu Murenge wa Gihango, Akarere ka Rutsiro, ubwo yavanaga na bagenzi be mu...
Kuri uyu wa 6 Gashyantare 2025 ni bwo Dr Musenyeri Mugisha Mugiraneza Samuel wahoze ayobora Diyosezi y’Abangilikani ya Shyira yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Muhoza, aburana ku...
Mu minsi mike ishize Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru, Larry Madowo, cyagarutse ku ngingo zitandukanye cyane cyane ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 06 Gashyantare 2025, abantu ibihumbi n’ibihumbi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) bazindukiye mu Mujyi wa Goma bitabiriye mu...
Urukiko rwa Gisirikare rwa Kinshasa rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi uwahoze ayobora Komisiyo y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu akaba ari Umuhuzabikorwa w’Ihuriro...
Umugabo witwa Niyonagize Xavier wo mu Karere ka Nyamasheke yatemye abagore babiri barimo uwo bashakanye war’utwite n’uw’umuturanyi, bahita bahasiga ubuzima, nawe araraswa agapfa. Uwakoze ubu bwicanyi...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rushyigikiye inzira y’ibiganiro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRC, n’Ihuriro rya...
Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yategetse ubuyobozi bw’Ingabo gutangira gutegura uburyo bwo gucyura abasirikare b’icyo gihugu bari mu ntambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko yagiranye ibiganiro bitanga umusaruro n’Umuyobozi w’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EUC) António Costa, ku bibazo by’umutekano muke muri Repubulika...