Papa Francis, w’imyaka 88 yoherejwe mu Bitaro bya Policlinico Agostino Gemelli i Roma, aho yagiye kwivuriza indwara ifata mu myanya y’ubuhumekero amaranye igihe izwi nka ‘bronchite’...
Urukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwahanishije igihano cy’urupfu abasirikare barenga 200 kubera guhunga urugamba bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa...
Umuvugizi wa AFC/M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko abarwanyi babo bafashe burundu ikibuga cy’indege cya Kavumu, giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025 wafashe centre y’ubucuruzi ya Katana nyuma y’imirwano ikomeye wagiranye n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yongeye kuburira abantu ko hari kompanyi zikora ubucuruzi bw’amafaranga bukorerwa kuri interineti mu buryo butemewe n’amategeko, igaragaza ko hari kompanyi enye...
Urwego rukuriye Abasenyeri muri Congo Kinshasa rwemeje ko intumwa zarwo zahuye na Perezida Paul Kagame mu rwego rwo kuganira ku mahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo...
Ku mugoroba w’ejo ku wa Kane tariki 13 Gashyantare 2025, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru y’urupfu rw’umuhanzi w’Umunye-Congo, Delcat Idengo, bamwe mu banye-Congo bagashinja Umutwe wa...
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï 25 y’Ingabo za FARDC, yaroshye ibisasu bitagira ingano mu bice bituwe cyane bya Kalehe kuri...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Itsinda ry’abikorera bo muri Arabie Saoudite rigizwe n’abayobozi bakuru mu Rugaga rw’Ubucuruzi muri Arabie Saoudite (Federation of Saudi Chambers of...
Musenyeri Donatien Nshole, uyoboye Inama y’Abepiskopi Gatolika ba RD Congo na bagenzi be, basabye ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi gucisha macye bukaganira n’abarwanyi ba AFC/M23, kuko ari...