Nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 4-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, APR FC yahise ikatisha itike ya ¼ cy’irangiza, yiyongera ku makipe...
Gen. Masunzu Pacifique, wari washinzwe kuyobora urugamba rwo guhangana n’umutwe wa M23, yahungiye i Kisangani. Nyuma yo kugirwa umuyobozi w’uturere dutatu turimo Kivu y’Amajyaruguru na Kivu...
Imfungwa zirenga 500 zari muri Gereza Nkuru ya Mulunge iherereye muri teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
Umukire utunze imodoka zirenga 25, igorofa mu mujyi wa Kigali n’ibindi waherukaga gufungurwa by’agateganyo, bikekwa ko habonetse ibindi bimenyetso atabwa muri yombi hamwe n’abandi bantu babiri...
Igihugu cy’u Bubiligi cyatangaje ko cyakiriye icyemezo cya Leta y’u Rwanda cyo guhagarika imikoranire mu bikorwa by’iterambere. U Rwanda rwafashe iki cyemezo nyuma y’uko u Bubiligi...
Ni kenshi usanga umusore akubwira ko yabuze umukundi kandi mu by’ukuri ntacyo abuze ahubwo ari uko atazi inzira abandi banyuramo ngo babashe kwigarurira imitima y’abakobwa....
Umuvugizi w’igisirikare c’Uburundi arahakana amakuru avuga ko ingabo z’iki gihugu zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu gihanganye n’inyeshamba za M23 zacyuwe....
Mu mirwano ihanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko uyu mutwe wamaze gufata undi mujyi ari wo Uvira wo mu...
Umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’icyongereza, Commonwealth wahamagariye Uganda, kimwe mu bihugu 56 bigize uyu muryango, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, uvuga ko ifungwa...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yemeza ko u Rwanda rwahagaritse imikoranire n’u Bubiligi muri gahunda y’imyaka itanu yahereye mu 2024 ikazageza mu 2029. Icyo cyemezo...