Abashakashatsi bo muri Denmark bavumbuye uburyo bw’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano bwiswe life2vec bushobora kugaragaza ibihe byaranze ubuzima bw’umuntu n’igihe ashobora kuzapfira. Mu bushakashatsi bwabo bagaragaje ko mu...
Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kwanikira bagenzi be bahataniye umwanya w’Umukuru w’Igihugu. Tariki ya 22 Ukuboza 2023 ni bwo Komisiyo yigenga...
Zimwe mu mpamvu zidindiza imyigire y’abana bafite ubumuga, harimo imyubakire y’amashuri itaborohereza, aho hari abana bafite ubumuga bw’ingingo bigira mu ishuri rimwe n’abatabufite ku buryo bibagora...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora ,RCS, rwahaye Gasana Emmanuel, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, uruhushya rwo gusohoka muri Gereza, akitabira ubukwe bw’umwana we. Kuva ku wa Kane,...
Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko Kiliziya idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco Nyarwanda. Yabinyujije mu itangazo yashyize...
Bamwe mu batuye akarere ka Rusizi basanga gahunda ya Tujyanemo igamije kwishakamo ibisubizo bafatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere yarabafashije kwesa Imihigo, bava ku mwanya wa nyuma bisanga mu...
Ubukwe bwa The Ben na Pamella buzabera muri Kigali Convention Centre, ku wa 23 Ukuboza 2023, bikaba byitezwe ko buzatahwa n’abantu batandukanye biganjemo ab’ibyamamare. Byakunze kuvugwa...
Kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023 hamenyekanye inkuru ivuga ko abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirengere batemerewe gutanga amakuru kuko ari inshingano zo ku rwego rw’akarere gusa. Mu nkuru...
Umuyobozi w’iri shyaka ritavuga rumwe na leta, Dr. Frank Habineza, ubwo yabazwaga uko afata imvugo za Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRC, uri kwiyamamaza...
Ubwo hatangizwaga imurikagurisha ryateguwe n’Intara y’Iburengerazuba hagaragayemo abaje kumurika no kugurisha ibyo bakora bakomoka mu burengerazuba bw’Afurika, ibyo Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera muri iyi ntara yavuze ko...