Sebukwe wa Eddy Kenzo, Patrick Apecu, yasabye uyu muhanzi kwita ku rukundo rwe n’umukobwa we, Nyamutooro, no kwirinda ibijyanye no gushaka abagore benshi. Ibi yabivuze nyuma...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza (PSD) ritangaza ko ririmo guharanira ko umushahara w’umukozi utarenze ibihumbi 100 by’amafaranga y’u Rwanda wakurirwaho imisoro, kuko byafasha Abanyarwanda benshi kwiteza...
Polisi ya Uganda yataye muri yombi umugore witwa Susan Namuganza, w’imyaka 34, nyuma y’ibyumweru birenga bitatu yihishe, akekwaho guca igitsina cy’umugabo we, Moses Kawubanya. Iki gikorwa...
Uwihoreye Jean Marie, uzwi nka Papa Boyi, arwariye mu bitaro bya Remera Rukoma nyuma yo kurumwa izuru rigacika na mugenzi we, Damascene uzwi ku izina rya...
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu KARERE ka Rulindo yabwiye abaturage ko nibatorwa umuturage ushaka kugura gazi ntibizagombera ko afite amafaranga aguze icupa ryose...
Umukandida Mpayimana Philippe yavuze ko u Rwanda rushobora kuba inkingi y’ubumwe Nyafurika kugira ngo aba abanyafurika baje biyumva mu Rwanda nk’abari iwabo. Yemeza ko ari byo...
Brig. Gen. Ronald Rwivanga yagaragaje ko ingabo za RPA zari zimaze guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, ibyatumye byazanywe ko ingabo zirimo izishyurwa zikomeje gukomeza igisirikare...
Rucagu Boniface wabaye mu butegetsi bwa Repubulika ya mbere n’iya kabiri ndetse akaba n’Umudepite, yatangaje ko yishimiye kuba ukuri ku byamuvugwagaho ko yandikiye ikinyamakuru Kangura atuka...
Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Mudende, batangaza ko aho igihugu cy’u Rwanda kibohorewe, imibereho yabo yahindutse cyane. Aba baturage, bari bamaze...
Mu gihe u Rwanda rwizihije Kwibohora ku nshuro ya 30 kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2024, Intara y’Iburasirazuba hari byinshi yagezeho mu nzego...