Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania. Abashinzwe umutekano bahise batabara bamukura...
Amakuru aturuka mu gihugu cya Niger mu Murwa mukuru, aravuga ko imfungwa zibarirwa muri 200 zatorotse gereza ya Koutoukalé zari zifungiyemo i Niamey, aho zari ziganjemo...
Mu karere ka Ruhango habaye igikorwa cy’ubwicanyi bukomeye tariki ya 23 Werurwe 2023, ubwo Rusumbabahizi Ezéchias, umugabo w’imyaka 40, yishe umugore we wari utwite inda y’amezi...
Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR akaba anashinzwe ibikorwa byo kwamamaza muri Aya matora, Hon Ntezimana Jean Claude, yatangarije abanya Rwamagana ko mu...
Umugore witwa Lisa Pisano wabaye ikimenyabose ku wa 12 Mata 2024, ubwo yakuragamo umutima n’impyiko byari birwaye, agahabwa ibikuwe mu ngurube hagatabarwa ubuzima bwe, yitabye Imana...
Mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Kigabiro, bamwe mu baturage bakoze igisa n’imyigaragambyo nyuma y’igikorwa cyo kwamamaza abakandida depite b’Ishyaka Riharanira Demukarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage...
Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR Ntezimana Jean Claude aravuga ko Ari ngombwa gutora Dr Habineza Frank kugira ngo bafunge burundu ibigo by’inzererezi...
Umushumba mukuru wa Bethesda Holy Church, Bishop Rugamba Albert, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa RIB,...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 mu murenge wa Cyanika mu KARERE ka Ruhango, Kandida Perezida akaba n’umukuru w’ishyaka DGPR yagaragaje imigabo n’imigambi...
Harabura umunsi umwe ngo Abanyarwanda batuye mu Ntara ya Gatandatu y’u Rwanda bitorere Perezida wa Repubulika n’Abadepite. Ni amatora azaba ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024...