Umutingito wahitanye babiri abarenga 7000 bava mu byabo mu Bushinwa

Umutingito uri ku gipimo cya 5.2 ku bipoko bya magnetude,  wibasiye agace ka Guangxi mu Majyepfo  y’Uburengerazuba bw’u Bushinwa, uhitana abantu babiri  abarenga 7,000 bo mu mujyi wa Liuzhou barahunga.‎‎Uyu mutingito wibasiye u Bushinwa mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Gicurasi 2026.‎‎Ibinyamakuru by’imbere mu Bushinwa byatangaje ko abantu babiri bamaze kwemezwa ko […]

Continuer la lecture

Amerika na Israel bashobora gusubukura ibitero kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora guhura n’akaga gakomeye, mu gihe yakomeza kwinangira akanga gusinya amazerano yo guhagarika intambara bahanganyemo.‎‎Trump yabitangaje unyuze ku rubuga rwa Truth Social kuri iki Cymweru, avuga ko igihe gikomeje kugenda ndetse ko bigabanya amahirwe ya Iran yo gusinya amasezerani yo guhagarika intambara.‎‎Iran ihakana […]

Continuer la lecture

Israel yivuganye umuyobozi mukuru muri Hamus

Igisirikare cya Israel, IDF cyatangaje ko cyishe, Izz al-Din al-Haddad, umuyobozi mu gisirikare cya Hamas mu gitero cy’indege giherutse kugabwa ku mujyi wa Gaza. Umuyobozi mukuru muri Hamas, wavuganye n’itangazamakuru utifuje ko amazina ye atangazwa, yemeje ko Izz al-Din al-Haddad, wavutse mu 1970, yapfiriye muri icyo gitero koko. Umuvugizi wa Hamas muri Gaza, Hazem Qassem, […]

Continuer la lecture

Perezida Touadéra yakiriye General Nyakarundi n’itsinda ayoboye.

Kuri uyu wa Gatanu Perezida wa Repubulika ya Santarafurika, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) zari ziyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, hamwe n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Ambasaderi Olivier Kayumba. Iyi nama yakurikiye ibiganiro bagiranye na Gen Zéphirin Mamadou, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Santarafurika. Ibi […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin yakiriye mugenzi we wa Côte d’Ivoire Robert Beugré Mambé bagirana ibiganiro byibanze ku bufatanye mu nzego zitandukanye. Ni ibiganiro byabaye ku gicamutsi cyo kuri uyu ku wa 15 Gicurasi 2026. Minisitiri w’Intebe Robert Beugré Mambé ari mu Rwanda aho yitabiriye inama ya 13 ya Africa CEO Forum ihuza […]

Continuer la lecture

Perezida Xi Jinping yaburiye Trump ko ibihugu byombi bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye mugenzi we, Donald Trump,wa Amerika ko ibihugu byombi bishobora kugirana amakimbirane akomeye kubera ikibazo cya Taiwan mu gihe kitakwitabwaho neza. Aya magambo akakaye, Xi Jinping yayatangaje ubwo basozaga inama yabereye i Beijing yahurije hamwe abakuru b’ibihugu byombi ndetse n’abayobozi bakuru kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 mu […]

Continuer la lecture

‎Trump yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri  rwitezweho ko abakuru n’ibihugu byombi baganira ku mutekano wo mu Burasirazuba bwo Hagati, ubufatanye mu by’ubucuruzi ndetse n’izindi ngingo zishamikiyeho.‎‎Ni uruzinduko Trump yatangiye kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026.‎‎Mu cyubahiro cyinshi n’urugwiro, Trump yakiriwe na Visi Perezida w’u Bushinwa, […]

Continuer la lecture

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe.

Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea, yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo muri Afurika (Africa CEO Forum), itegerejwemo Abakuru b’Ibihugu batandatu, barimo n’u Rwanda Paul Kagame. Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, aho ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’u […]

Continuer la lecture

Kuwait yashinje abasirikare ba Iran kwinjira ku butaka bwayo binyuranyije n’amategeko

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Kuwait yatangaje ko yashyikirije Ambasaderi wa Iran muri icyo gihugu, Mohammad Tutunji, inyandiko  yamagana ibyo yavuze ko ari “ukwinjira mu gihugu mu buryo binyuranyije n’amategeko” kw’itsinda ry’abitwaje intwaro bikekwa ko ari abarwanyi b’umutwe wa,  Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC).‎‎Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na kuri uyu wa 12 Gicurasi 2026, Minisitiri wungirije […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame ategerejwe muri Kenya mu nama ihuza Africa n’u Bufaransa

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe i Nairobi muri Kenya mu Nama ihuza Africa n’u Bufaransa iba kuri uyu wa 11 no ku wa 12 Gicurasi 2026.‎‎Byagarutsweho na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, ubwo yaganiraga na RBA muri uyu wa Mbere.‎‎Minisitiri Nduhungirehe, yavuze ko iyi nama izahuza Abakuru b’Ibihugu bagera kuri 30 baganire […]

Continuer la lecture

‎Trump yanenze igisubizo cyatanzwe na Iran ku ngingo 14 zo guhagarika intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atanyuzwe n’igisubizo Iran yatanze ku ngingo 14 iherutse kuyoherereza binyuze ku muhuza Pakistan mu rwego rwo kurangiza intambara.‎‎Ni ingingo Amerika yohereje Iran ku wa 02 Gicurasi 2025.‎‎Abinyujije ku rubuga rwa Truth Social, Trump, yatangaje ko Iran imaze imyaka 47 ikinisha Amerika, ashimangira ko atanyuzwe […]

Continuer la lecture