Umujyi wa Kigali wagennye ‘ibisate’ by’imihanda yahariwe bisi mu byerekezo bine
Umujyi wa Kigali watangaje ko hagiye gushyirwaho ibisate by’imihanda byihariye bizajya bikoreshwa n’imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange, mu rwego rwo kugabanya umuvundo w’ibinyabiziga mu mihanda no kwihutisha ingendo. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine nkuko tubikesha ikinyamakuru IGIHE mu kiganiro bagiranye aho yavuze ko iyi gahunda izatangira gukoreshwa ku wa […]
Continuer la lecture
