Uganda: Abahanzi bagiye kujya bahembwa buri uko ibihangano byabo bicuranzwe
Muri Uganda hatangiye gushyirwaho utwuma dukurikirana uko indirimbo z’abahanzi zicurangwa, kugira ngo bibafashe guhembwa amafaranga akwiye, ku bihangano byabo byacuranzwe. Kuba abahanzi bakora ibihangano ariko ntibinjize uko bicuranzwe, ni ikintu cyahoze kigaragara ko ari kimwe mu bituma badatera imbere cyangwa ugasanga umuhanzi abaye icyamamare ariko yazagera mu zabukuru akabaho mu buzima bumugoye bwiganjemo ubukene. Mu […]
Continuer la lecture
