Bwa mbere mu mateka FC Barcelona yatwariye igikombe cya shampiyona kuri Real Madrid.

Ikipe ya FC Barcelona yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne bisabye ko itsinda Real Madrid bwa mbere mu mateka. Kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Gicurasi 2026 saa Tatu z’ijoro kuri Spotify Camp Nou ni bwo FC Barcelona yari yakiriye Real Madrid mu mukino wo ku munsi wa 35 wa shampiyona ya […]

Continuer la lecture

‎Trump yanenze igisubizo cyatanzwe na Iran ku ngingo 14 zo guhagarika intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atanyuzwe n’igisubizo Iran yatanze ku ngingo 14 iherutse kuyoherereza binyuze ku muhuza Pakistan mu rwego rwo kurangiza intambara.‎‎Ni ingingo Amerika yohereje Iran ku wa 02 Gicurasi 2025.‎‎Abinyujije ku rubuga rwa Truth Social, Trump, yatangaje ko Iran imaze imyaka 47 ikinisha Amerika, ashimangira ko atanyuzwe […]

Continuer la lecture

Ruhango: Imibiri 108 y’abazize Jenoside yimuwe ishyingurwa mu cyubahiro.

Ku wa 10 Gicurasi 2026, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Ruhango mu Karere ka Ruhango, hashyinguwe  mu cyubahiro imibiri 108 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yimiwe aho yari yarashyinguwe hataboneye. Urwibutso rwa Ruhango rwashyinguwemo iyo mibiti rusanzwe ruruhukiyemo abasaga 22,000 bambuwe ubuzima mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.  Bizimana Celestin, umwe mu bimuriye […]

Continuer la lecture

Abari baraheze mu nyanja kubera Hantavirus batangiye gucyurwa.

Abantu ba mbere bo muri Espagne bari mu bwato bwari bwaheze mu nyanja hafi y’Ibirwa bya Canary (Canary Islands) bya Espagne, hakaba hafi ya Cap Vert kubera Hantavirus bageze i Madrid. Abantu 150 bari mu bwato bwa M/V Hondius bari mu rugendo rwerekeza kuri Antarctique, ariko bamwe muri bo batangira gupfa, biza gutahurwa ko ari […]

Continuer la lecture

Ese Netflix yaba igiye gusubukura filime La Casa de Papel yakunzwe cyane?

Ikigo Netflix kiri mu bikomeye ku Isi mu bijyanye na sinema, cyaguye umushinga wa filime yitwa Money Heist Universe cyangwa se La Casa de Papel, giteguza igice gishya, nubwo yari yararangiye. Mu Isi ya sinema La Casa de Papel iri muri filime nke zabashije kugira abafana benshi. Nyuma y’imyaka myinshi ishize ishyizweho akadomo igiharawe, Netflix […]

Continuer la lecture

Ibitero bya Israel byishe abantu 39 muri Libani umunsi umwe

Minisiteri y’Ubuzima muri Libani yatangaje ko abantu 39 bishwe  n’ibitero bikomeye Israel yongeye kugaba muri iki gihugu mu gihe cy’umunsi umwe gusa.‎‎Ni ibitero Israel yagabye ku wa Gatandatu tariki 09 Gicurasi 2026 byibasiye Amajyepfo ya Libani.‎‎Kamwe mu duce twibasiwe ni umujyi wa Saksakiyeh uri mu Majyepfo ya Libani.   Ibitero byahagabwe byahitanye nibura abantu barindwi, barimo […]

Continuer la lecture

Nyabihu: Ukekwaho kwica umugore we amukase ijosi yafashwe ashaka kujya muri Uganda.

Umugabo w’imyaka 40 wo mu Karere ka Nyabihu washakishwaga akekwaho kwica umugore we w’imyaka 26 amukase ijosi akoresheje umuhoro, yafatiwe i Butaro mu Karere ka Burera ashaka gutorokera muri Uganda. Ibi byabereye mu Murenge wa Karago, Akagari ka Kadahenda mu Mudugudu wa Gihira, ku wa 7 Gicurasi 2026. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karago, Muhirwa Robert, […]

Continuer la lecture

Kuberiki igiciro cy’Ibirayi gikomeza kuzamuka kandi n’umusaro wabyo wariyongereye.

ibirayi ni kimwe mu bihingwa biribwa n’abantu benshi mu Rwanda ndetse izamuka ry’ibiciro byabyo biri mu ngingo zigarukwaho kenshi umunsi ku wundi aho abacuruzi babyo n’abaguzi bavuga ko biteye impungenge. Ku masoko atandukanye mu bice binyuranye by’u Rwanda igiciro cy’ibirayi ntigihwema kuzamuka nyamara imibare igaragaza ko buri mwaka umusaruro wabyo wiyongera, ibituma benshi bibaza impamvu […]

Continuer la lecture

Burundi: Amashyaka atanu yanze kugira uruhare mu myiteguro y’amatora.

Amashyaka atanu atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yatangaje ko atazagira uruhare mu myiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027 bitewe n’uko ibibazo byagaragaye mu mwaka ushize bitakemutse. Mu itangazo rihuriweho ryashyizweho imikono tariki ya 8 Gicurasi 2026, CNL, UPRONA, CODEBU, Sahwanya Frodebu na CDP yatangaje ko amatora y’abadepite n’abasenateri yabaye mu mwaka ushize yabayemo ibibazo […]

Continuer la lecture

Kaminuza 69% za Leta muri Afurika zikoresha Ubwenge buhangano ‘AI’ mu kwigisha.

Ubushakashatsi bwakozwe ku ikoreshwa ry’ubwenge buhangano AI muri kaminuza zo muri Afurika bwagaragaje ko Kaminuza za Leta ari zo zigerageza gukoresha iri koranabuhanga cyane mu kwigisha kuko biri ku rugero rwa 69%, mu izigenga ziri kuri 57%. Byagarutsweho mu nama ya ‘ELITE Africa Workshop’ yahuje kaminuza zitandukanye zo muri Afurika igamije kungurana ubumenyi ku ikoreshwa […]

Continuer la lecture

Kigali: Hagiye kuzanwa bisi ntoya zizajya zifata abantu mu ma ‘Quartier’.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, yavuze ko hari gahunda yo gushyiraho bisi zisanga abantu mu duce batuyemo. Ibi yabitangaje ku wa Kane tariki ya 7 Gicurasi 2026, mu kiganiro yagiranya n’abanyamakuru ubwo yari yitabiriye igitaramo cy’isekarusange cya Gen Z-Comedy Show yari yatumiwemo. Muri iki kiganiro yakomoje kuri gahunda imaze iminsi […]

Continuer la lecture