Leta yavuze icyo igiye gukora kubera umuceri wabuze isoko
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje kugeza ubu hari toni 31 000 z’umuceri utarabona umuguzi, ku buryo Leta ifatanyije n’ikigo East Africa Exchange (EAX) gikora ubucuruzi bwambukiranye imipaka, bafashe ingamba zo kuwugura ukagaburira abanyeshuri undi ugacuruzwa. Hamaze iminsi havugwa ikibazo cy’abahinzi hirya no hino mu gihugu bahinze umuceri ubura isoko ndetse na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda […]
Continuer la lecture
