Umujyi wa Kigali ugiye kubaka amazu maremare yo guparikwamo imodoka gusa

Mu rugamba rwo gukemura ikibazo cy’amamodoka abura aho aparika, Umujyi wa Kigali watangaje gahunda yo kubaka amazu meremare ageretse yagenewe guparikwamo imodoka gusa. Ibi bikaba biri mu rwego rwo gushaka ibisubizo birambye ku kibazo cya parikingi gikomeje kwiyongera mu murwa mukuru. Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yatangaje ko ibi bizakorwa binyuze mu kubaka […]

Continuer la lecture

Abantu barenga ibihumbi 100 bamaze guhunga imirwano yabereye muri Masisi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (OCHA), ryatangaje ko kuva tariki ya 1 kugeza ku ya 3 Mutarama 2025, abantu ibihumbi 102 bavuye mu ngo zabo muri teritwari ya Masisi bitewe n’imirwano y’ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23. OCHA yagize iti “Hagati ya tariki ya 1 n’iya 3 […]

Continuer la lecture

Moto nazo zigiye kujya zinyura muri contrôle technique

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje gahunda nshya yo kugenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga (contrôle technique), harimo n’izo mu bwoko bwa moto. Iyi gahunda igamije kugabanya imyuka yangiza ikirere isohorwa n’ibinyabiziga. Ni umushinga ushyigikiwe n’ingamba zo guhagarika moto nshya zikoresha ibikomoka kuri peteroli mu bikorwa by’ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali, icyemezo cyatangiye kubahirizwa ku wa 1 Mutarama 2025. Mu 2022, […]

Continuer la lecture

Umugabo wafunzwe azira gutuka Imana yarekuwe

Mubarak Bala, Umunya-Nigeria uzwi cyane kandi utemera Imana, yafunguwe nyuma yo kumara imyaka ine muri gereza azira gutuka Imana ku rubuga rwa Facebook mu mwaka wa 2020. Nyuma yo gufungurwa, ubuzima bwe bwibasiwe n’impungenge z’umutekano we, bigatuma atuye mu nzu y’ibanga. Mubarak, w’imyaka 40, yari yarakatiwe gufungwa imyaka 24 mu mwaka wa 2020 nyuma yo […]

Continuer la lecture

Mu mugi wa Kigali hagiye kwifashishwa satellite mu kugenzura abubaka binyuranyije n’amategeko

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangajwe ko hagiye kwitabazwa icyogajuru mu kugenzura abantu bubaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel yabwiye Abadepite ko bitarenze ukwezi kwa Mutarama 2025, iryo koranabuhanga rizaba ryamaze gushyirwaho. Yagize ati: “Tugiye gushyiraho uburyo bw’ikoranabuhanga tugiye kujya dukoresha mu minsi iri imbere dufatanyije n’ikigo cy’Ikoranabuhanga gishinzwe Isanzure,tukajya tubasha […]

Continuer la lecture

Nyuma y’uko abantu bafite indwara y’ibicurane muri ibi bihe RBC yavuze ko Nta bwoko bushya bw’ibicurane bwagaragaye mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko mu Rwanda nta bwoko bushya bw’ibicurane buhagaragara, ni nyuma y’uko muri ibi bihe abantu bafite indwara y’ibicurane. Icyo kigo gikomeza gisobanura ko mu bihe nk’ibi by’umwaka, hagaragara cyane indwara y’ibicurane. Ibipimo bigaragaza ko virusi itera ibicurane yo mu bwoko bwa “Influenza A” ari yo yiganje. Ni indwara iterwa na […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Ibikorwa remezo yavuze ko Abamotari basanzwe mu kazi ntibarebwa no guhagarika moto zidakoresha amashanyarazi

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo Dr Jimmy Gasore yamaze impugenge abavuga ko icyemezo cyo guhagarika moto zidakoresha amasharanyarazi mu Mujyi wa Kigali, kizateza ibibazo kuri gahunda yo gutwara abantu n’ibintu, ahubwo ko abamotari basanzwe mu kazi kitabareba kimwe n’abandi bantu basanzwe bagenda kuri moto zabo . Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Mutara 2025, ubwo […]

Continuer la lecture

NESA yateguje ihagarikwa ry’andi mashuri

Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, Boneza Angelique, yavuze ko mu bugenzuzi bakoze hirya no hino mu gihugu, basanze hari amashuri 1.015 akora nta byangombwa afite biyemerera kuba amashuri ‘School Accreditation’. Yabikomojeho mu kiganiro kuri Televiziyo y’u Rwanda, aho yagaragaje ko hari izindi raporo ziri gutegurwa kuri ubu bugenzuzi, ateguza ko zizasohoka […]

Continuer la lecture

Rubavu: Ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yacitse feri igonga ibitaro bya Gisenyi ikomeretsa bane

Mu Karere ka Rubavu, ku muhanda winjira mu Mujyi wa Rubavu ahazwi nko kwa Gacukiro, habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yinjiye mu bitaro bya Gisenyi. Ni impanuka yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Mutarama 2025 aho iyi kamyo yinjiye mu Bitaro bya Gisenyi nyuma yo gukora impanuka ikomeye biturutse ku kubura feri. Iyo modoka yari […]

Continuer la lecture

Karongi: Inkuba yakubise abantu 12 bane muri bo bahita bapfa

Murambi mu karere ka Karongi Ku cyumweru tariki 05 Mutarama 2025, inkuba yakubise abantu 12 bari bugamye mu nzu imwe, bane muri bo bahita bapfa abandi 8 bajyanwa mu bitaro bahungabanye. Ubuyobozi bw’akarere bwemereye TV1 dukesha iyi nkuru  ko mu mvura yaguye ku mugoroba wo ku cyumweru tariki 05 Mutarama 2025, inkuba yakubise abantu 12 […]

Continuer la lecture

Burera: Hari abagikoresha agatadowa

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanika, Akagari ka Gisovu mu miryango 15, babangamiwe no kuba bagicana udutadowa kandi insinga z’umuriro w’amashanyarazi zinyura hejuru y’ingo zabo. Izo ngo ni izo mu Midugudu ya Gisovu, Rutongo na Samiro, Akarere ka Burera; bavuga ko baterwa ishavu no kuba insinga z’umuriro w’amashanyarazi unyura hejuru y’ingo zabo,bagasaba ko bahabwa […]

Continuer la lecture