DR Congo: M23 irimo kwiyubaka Kinshasa irasaba ubufasha Washington

Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’uruhande rwa leta yongeye kuvugwa mu mpera z’icyumweru gishize muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo. Mu gihe hari imihate yo gushaka amahoro hari n’ibimenyetso ko intambara ishobora gukomeza, nk’uko inzobere zibivuga. Mu kwezi gushize hashyizweho abahuza batatu – Uhuru Kenyatta, Olusegun Obasanjo na Hailemariam Desalegn – ngo bafashe gushaka […]

Continuer la lecture

M23 yafashe agace k’ingenzi muri Masisi

Abarwanyi b’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bafashe Santere ya Nyabiondo muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Bafashe Nyabiondo nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’umutwe wa APCLS ukorana n’ingabo za Leta ya RDC, kuva mu gitondo cyo ku wa 9 Werurwe 2025. Umwe mu bayobozi bo muri Segiteri […]

Continuer la lecture

Rusizi: Inka 5 z’abaturage batandukanye zatemwe ijoro rimwe

Abaturage 5 batandukanye bo mu Mudugudu wa Buganzo, Akagari ka Butanda, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi, bababajwe no kubyuka bagasanga inka zabo zatemwe imirizo, zimwe zanatemwe amatako, 5 bakekwa bakaba bahise batabwa muri yombi. Bavuga ko inka zabo zatemanywe ubugome bukomeye kuko basanze imirizo yatemwe hafi yose, zimwe mu kuyitema bikanagera ku matako y’inka, […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yavuze ko Tshisekedi afite ingengabitekerezo ya Jenoside

“Ntekereza ko na we [Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo] afite ingengabitekerezo ya Jenoside. Ntekereza ko ayifite.” Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yabigarutseho mu gisubizo yahaye umunyamakuru Mario Nawfa mu kiganiro 69 ‘𝕏 MINUTES’, aho yagarukaga ku muzi w’ubwicanyi n’itotezwa rikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu […]

Continuer la lecture

Umutwe wa FCR wiyunze kuri AFC/M23, uha FARDC amasaha 24 yo kuva mu bice ugenzura

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka yatangaje ko umutwe witwa Front Commun de la Résistance (FCR) wamaze kubiyungaho, asaba n’indi mitwe yitwaje intwaro cyangwa abanyepolitike bifuza kubohora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhuza na bo amaboko. FCR yatangaje ku mugaragaro yo yihuje na AFC/M23 ku wa 9 Werurwe 2025. Ubutumwa Kanyuka yashyize kuri X buvuga ko […]

Continuer la lecture

Prince Kid yatawe muri yombi afatiwe muri Amerika

Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka n’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (U.S. Immigration and Customs Enforcement/ICE) rwatangaje ko rwataye muri yombi Ishimwe K. Dieudonne wamamaye nka ‘Prince Kid’, nyuma y’uko u Rwanda rutanze impapuro zo kumuta muri yombi kubera ibyaha akurikiranyweho byo gufata ku ngufu. Prince Kid w’imyaka 38, yafatiwe i Fort Worth muri Leta […]

Continuer la lecture

Perezida Tshisekedi yashyizeho Visi-Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru uje guhangana na M23

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyizeho impinduka mu buyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, agira Karawa Dengamo, komiseri muri Polisi y’Igihugu, Visi-Guverineri w’iyi Ntara. Iyi myanzuro yatangajwe kuri radiyo na Televiziyo by’igihugu (RTNC) ku wa Gatanu, tariki ya 7 Werurwe 2025, nk’igikorwa cyo kongera imbaraga mu guhangana n’umutwe wa M23, umaze […]

Continuer la lecture

Papa Francis yatangiye gutora agatege

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis umaze hafi ibyumweru bitatu ari mu bitaro kubera indwara z’ibihaha n’ubuhumekero, ubu yatangiye gutora agatege nyuma yo kwitabwaho n’abaganga mu buryo budasanzwe. Vatican yatangaje ko Papa Francis wasanzwemo indwara za ‘pneumonie’ na ‘bronchite’ mu minsi mike ishize yatangiye gutora agatege iti “Ibyo bigaragaza ko ari kwitabwaho ndetse […]

Continuer la lecture

Congo yashyizeho Miliyoni 5$ ku muntu uzafata Nangaa, Bisimwa na Makenga

Leta ya Congo yashyizeho igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari ya America ku bantu bayifasha gufata abayobozi batatu b’ihuriro Alliance Fleuve Congo rifatanya na M23. Congo ivuga ko abo bayobozi baciriwe imanza kandi bahabwa igihano (cy’urupfu). Itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ubutabera ku wa Gatanu rivuga ko hagenwe igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari ku muntu wafasha mu […]

Continuer la lecture

Tshisekedi yahaye akazi umukobwa we

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize umukobwa we, Christina Tshisekedi Tshika mu bajyanama bwite be. Itangazo ry’itangwa ry’imirimo mishya inyuranye rituruka mu biro bya Perezida wa RDC, ryasohotse mu ijoro ryo ku wa 7 Werurwe 2025. Abahawe imirimo bari mu cyiciro cy’abayobozi bungirije b’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, abajyanama bakuru, intumwa zihariye, abashinzwe […]

Continuer la lecture

Thomas Lubanga yashinze umutwe w’inyeshyamba mushya urwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi

Thomas Lubanga Dylo wigeze gufungirwa muri gereza y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), yashinze umutwe w’inyeshyamba mushya urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Lubanga wayoboraga UPC/FPLC mu 2012 yakatiwe na ICC igifungo cy’imyaka 14, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kwinjiza abana bari munsi y’imyaka 15 muri uyu mutwe witwaje intwaro, no kubajyana ku rugamba. Nyuma […]

Continuer la lecture