Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe ubutasi mu Nteko ya Amerika
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 21 Werurwe 2025 yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson. Ubwo Perezida Kagame yakiraga Dr. Jackson n’abamuherekeje, yari kumwe na Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, Umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe umutekano n’iperereza (NISS), Emmanuel Havugiyaremye n’Umuvugizi wa […]
Continuer la lecture
