Bwa mbere mu mateka FC Barcelona yatwariye igikombe cya shampiyona kuri Real Madrid.

Ikipe ya FC Barcelona yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne bisabye ko itsinda Real Madrid bwa mbere mu mateka. Kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Gicurasi 2026 saa Tatu z’ijoro kuri Spotify Camp Nou ni bwo FC Barcelona yari yakiriye Real Madrid mu mukino wo ku munsi wa 35 wa shampiyona ya […]

Continuer la lecture

Ruhango: Imibiri 108 y’abazize Jenoside yimuwe ishyingurwa mu cyubahiro.

Ku wa 10 Gicurasi 2026, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Ruhango mu Karere ka Ruhango, hashyinguwe  mu cyubahiro imibiri 108 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yimiwe aho yari yarashyinguwe hataboneye. Urwibutso rwa Ruhango rwashyinguwemo iyo mibiti rusanzwe ruruhukiyemo abasaga 22,000 bambuwe ubuzima mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.  Bizimana Celestin, umwe mu bimuriye […]

Continuer la lecture

Abari baraheze mu nyanja kubera Hantavirus batangiye gucyurwa.

Abantu ba mbere bo muri Espagne bari mu bwato bwari bwaheze mu nyanja hafi y’Ibirwa bya Canary (Canary Islands) bya Espagne, hakaba hafi ya Cap Vert kubera Hantavirus bageze i Madrid. Abantu 150 bari mu bwato bwa M/V Hondius bari mu rugendo rwerekeza kuri Antarctique, ariko bamwe muri bo batangira gupfa, biza gutahurwa ko ari […]

Continuer la lecture

Ese Netflix yaba igiye gusubukura filime La Casa de Papel yakunzwe cyane?

Ikigo Netflix kiri mu bikomeye ku Isi mu bijyanye na sinema, cyaguye umushinga wa filime yitwa Money Heist Universe cyangwa se La Casa de Papel, giteguza igice gishya, nubwo yari yararangiye. Mu Isi ya sinema La Casa de Papel iri muri filime nke zabashije kugira abafana benshi. Nyuma y’imyaka myinshi ishize ishyizweho akadomo igiharawe, Netflix […]

Continuer la lecture

Nyabihu: Ukekwaho kwica umugore we amukase ijosi yafashwe ashaka kujya muri Uganda.

Umugabo w’imyaka 40 wo mu Karere ka Nyabihu washakishwaga akekwaho kwica umugore we w’imyaka 26 amukase ijosi akoresheje umuhoro, yafatiwe i Butaro mu Karere ka Burera ashaka gutorokera muri Uganda. Ibi byabereye mu Murenge wa Karago, Akagari ka Kadahenda mu Mudugudu wa Gihira, ku wa 7 Gicurasi 2026. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karago, Muhirwa Robert, […]

Continuer la lecture

Kuberiki igiciro cy’Ibirayi gikomeza kuzamuka kandi n’umusaro wabyo wariyongereye.

ibirayi ni kimwe mu bihingwa biribwa n’abantu benshi mu Rwanda ndetse izamuka ry’ibiciro byabyo biri mu ngingo zigarukwaho kenshi umunsi ku wundi aho abacuruzi babyo n’abaguzi bavuga ko biteye impungenge. Ku masoko atandukanye mu bice binyuranye by’u Rwanda igiciro cy’ibirayi ntigihwema kuzamuka nyamara imibare igaragaza ko buri mwaka umusaruro wabyo wiyongera, ibituma benshi bibaza impamvu […]

Continuer la lecture

Burundi: Amashyaka atanu yanze kugira uruhare mu myiteguro y’amatora.

Amashyaka atanu atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yatangaje ko atazagira uruhare mu myiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027 bitewe n’uko ibibazo byagaragaye mu mwaka ushize bitakemutse. Mu itangazo rihuriweho ryashyizweho imikono tariki ya 8 Gicurasi 2026, CNL, UPRONA, CODEBU, Sahwanya Frodebu na CDP yatangaje ko amatora y’abadepite n’abasenateri yabaye mu mwaka ushize yabayemo ibibazo […]

Continuer la lecture

Kaminuza 69% za Leta muri Afurika zikoresha Ubwenge buhangano ‘AI’ mu kwigisha.

Ubushakashatsi bwakozwe ku ikoreshwa ry’ubwenge buhangano AI muri kaminuza zo muri Afurika bwagaragaje ko Kaminuza za Leta ari zo zigerageza gukoresha iri koranabuhanga cyane mu kwigisha kuko biri ku rugero rwa 69%, mu izigenga ziri kuri 57%. Byagarutsweho mu nama ya ‘ELITE Africa Workshop’ yahuje kaminuza zitandukanye zo muri Afurika igamije kungurana ubumenyi ku ikoreshwa […]

Continuer la lecture

Kigali: Hagiye kuzanwa bisi ntoya zizajya zifata abantu mu ma ‘Quartier’.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, yavuze ko hari gahunda yo gushyiraho bisi zisanga abantu mu duce batuyemo. Ibi yabitangaje ku wa Kane tariki ya 7 Gicurasi 2026, mu kiganiro yagiranya n’abanyamakuru ubwo yari yitabiriye igitaramo cy’isekarusange cya Gen Z-Comedy Show yari yatumiwemo. Muri iki kiganiro yakomoje kuri gahunda imaze iminsi […]

Continuer la lecture

Muhanga: Umugabo yagwiriwe n’ikirombe yacukuragamo amabuye y’agaciro arapfa.

Habinshuti Alexandre w’imyaka 40 wari utuye  mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyarusange, Akagari ka Rusovu, Umudugudu wa Rwambariro, yapfuye nyuma yo kugwirwa n’ikirombe yacukuragamo amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Muhanga, ku musozi wa Mushubati uherereye mu Kagari ka Kanyinya, mu ijoro ryo ku wa 7 Gicurasi […]

Continuer la lecture

Icyorezo gishya cyatangiye guhitana abantu abandi  bararwara.

Abantu batatu bamaze gupfa nyuma y’uko hakekwa ko icyorezo cya hantavirus cyagaragaye mu bwato MV Hondius bwari mu rugendo rwari rutwaye abagera ku 150 baturutse muri Argentine. Mu bapfuye harimo umugabo n’umugore b’Abaholandi bafite imyaka 70 na 69. Umurambo w’undi muntu wa gatatu ukiri mu bwato, mu gihe inzego ziri gutegura uko asubizwa mu gihugu […]

Continuer la lecture