Ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bugiye gutangira kurindirwa umutekano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,  Donald Trump, yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu zigiye gutangira kurindira umutekano ubwato  bunyura mu muhora wa Hormz.‎‎Ubuyobozi bw’Ingabo za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTCOM, bwavuze ko ibi bizakorwa binyuze mu gushyira amato  mu muhora wa Hormuz ya gisirikare arasa za misile ndetse n’indege zirenga 100, hamwe n’abasirikare […]

Continuer la lecture

Israel yasabye abaturage ba Libani kuva mu bindi bice byo mu Majyepfo y’iki gihugu

Ingabo za Israel zasohoye amabwiriza mashya asaba abaturage ba Libani  kwimuka mu midugudu n’imijyi yo mu Majyepfo y’iki gihugu, harimo n’uturere turi hanze y’aho zigenzura, nubwo hari agahenge kagamije guhagarika intambara hagati ya Israel n’umutwe witwaje intwaro wa Hezbollah. ‎Umuvugizi w’Ingabo za Israel , Avichay Adraee, yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 04 Gicurasi 2026. ‎Yagizi […]

Continuer la lecture