Menya icyadindije iyimurwa ry’ibiro by’Akarere ka Karongi

Imirimo yo kubaka inyubako nshya y’ibiro by’akarere ka Karongi yagombaga gutangira muri Gicurasi 2022, kugeza kuri uyu munsi yabaye ihagaritswe igihe kitazwi, nk’uko ubuyobozi bubitangaza.   Mu kiganiro Umuyobozi w’akarere ka Karongi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu aherutse guha Rwandanews24 yavuze ko iyi mirimo yakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19.   Ati “Umushinga wo kubaka ibiro […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Umuhanda w’ibilometero 41 uhuza Mushubati-Boneza na Kigeyo ugiye gutangira gutunganywa

Ni umuhanda w’ibilometero 41 ugiye kubakwa mu karere ka Rutsiro, ku ikubitiro uzanyura mu mirenge ya Mushubati-Gihango-Musasa-Boneza-Mushonyi ugahura n’umurenge wa Kigeyo ahazwi nko muri Nkora, ukazanyura ku mukandara w’ikiyaga cya Kivu, aho byitezwe ko uzashyirwamo kaburimbo yoroheje, ugafasha abaturage mu koroshya ubucuruzi n’ubuhahirane.   Uyu muhanda biteganyijwe ko imirimo yo kuwutunganya iratangirana n’uyu wa kane, […]

Continuer la lecture

Rubavu: Abaturiye Umupaka wa DRC bawufata “nk’Uruzi barohamamo isaha n’isaha”

Bamwe mubaturiye umupaka ubahuza na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo mu karere ka Rubavu, bavuga ko ari nk”Uruzi barohamamo isaha n’isaha, mu gihe baba bagize uburangare mu kwicungira umutekano, kubera ko umwanzi bafite mu mashyamba ya Kongo agihari.   Bamwe mubaganiriye na Rwandanews24 kuri uyu wa gatanu, tariki 05 Mutarama 2024 bavuga ko baryamiye amajanja, […]

Continuer la lecture

Rubavu: RPF Inkotanyi mu mujishi wo kurandura amavunja yugarije abaturage

Ubwo yatorerwaga kuyobora Umuryango RPF Inkotanyi mu karere ka Rubavu, Mulindwa Prosper yatangaje ko bagiye gushyira imbaraga mu kurandura amavunja bivugwa ko yugarije abaturage.   Ibi yabigarutseho kuwa 10 Ukuboza 2023 mu kiganiro yahaye Itangazamakuru, nyuma yo gutorerwa kuyobora Umuryango RPF Inkotanyi, mu karere ka Rubavu.   Ati “Tuzabegera dukore ubukangurambaga kuko nta muturage ukwiriye […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Abakorera mu isoko rya Gakeri barabogoza kubera ibihombo baterwa no gucururiza hasi

Abakorera mu isoko rya Gakeri, mu karere ka Rutsiro barabogoza bavuga ko bahura n’ibihombo bikabije biterwa no gucururiza hasi, imvura yagwa ikanyagira ibicuruzwa byabo bigahita bibora, bagasaba ko imirimo yo kubakirwa iri soko yakwihutishwa.   Bamwe mu baganiriye na Rwandanews24, ubwo umunyamakuru yagerage mu murenge wa Ruhango, akagari ka Kavumu ari nago iri isoko ryubatswe […]

Continuer la lecture

Rubavu: Baratabaza ko bugarijwe n’abagizi ba nabi babambura ku manywa

Abaturage bo mu karere ka Rubavu baratabaza inzego zishinzwe umutekano kuwukaza kuko bugarijwe n’abagizi ba nabi (biyita abuzukuru ba satani), aho ibikorwa bibi byabo bavuga ko bimaze kuba byinshi, ibyo batavugaho rumwe na Polisi y’u Rwanda.   Aba baturage bavuga ko baturiye ishuri rya GASS, mu murenge wa Gisenyi, akagari ka Kivumu ho mu mudugudu […]

Continuer la lecture

Rubavu: Akanyamuneza ni kose ku bitabiriye amarushanwa y’abatarengeje imyaka 16

Bamwe mu bagize amakipe y’abakiri bato bitabiriye amarushanwa yateguwe n’umuryango udaharanira inyungu Duhumurizanye Iwacu Rwanda ku bufatanye n’Ikipe y’Abakiri bato y’Umurenge wa Busasamana (Busasamana Footbal Academy), akanyamuneza ari kose nyuma y’uko banwe batwaye igikombe, abandi bavuga ko bahazamuriye urwego rw’imikinire.   N’amarushanwa yabaye mu mpera z’iki cyumweru dusoje, aho yabereye kuri Sitade ya Bunyogwe mu […]

Continuer la lecture

Adaciye kuruhande Perezida Kagame yasubije Kisekedi n’abandi bafite umugambi wo gutera u Rwanda

Mu butumwa Perezida Kagame yahaye abitabiriye ibirori byo gusoza umwaka wa 2023, kuwa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023 yavuze ko kuva hatangira kumvikana imvugo z’abavuga ko biteguye gutera u Rwanda bakarushwanyaguza, igihugu cyiteguye ndetse ngo uwahirahira atera u Rwanda ashaka kurushwanyaguza yakwisanga ari we washwanyaguritse.   Ibi birori byo gusoza umwaka wa 2023 byabaye nyuma […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Babiri batwawe n’Umugezi wa Koko umwe ahasiga ubuzima

Abaturage babiri bo mu karere ka Rutsiro batwawe n’umugezi wa Koko ubwo bageragezaga kuwusimbuka umwe ahasiga ubuzima, undi abasha koga avamo ari muzima.   Ibi bibaye nyuma y’uko ikiraro cyo kuri uyu mugezi kimaze imyaka 5 cyaragiye kubera ibiza, abaturage ntibashyirirweho icyo kwifashisha.   Twagirayezu Pelagie, n’umwe mubatwawe n’uyu mugezi ku mugoroba wo kuri uyu […]

Continuer la lecture

Rubavu: Akanyamuneza ni kose, Icyapa cyo kwa Rujende cyasubijweho

Abakorera mu isoko rikuru rya Gisenyi akanyamuneza ari kose nyuma y’uko bamenye ko bashyiriweho icyapa gisimbura icyo kwa Rujende cyegereye isoko.   Ibi babigarutseho nyuma y’ikiganiro cyahuje inzego zitandukanye ziganira ku cyemezo cy’Inama njyanama cyo gusubizaho icyapa cyari cyaravanweho mu mujyi wa Gisenyi.   Umubyeyi witwa Maman Grace ukorera mu isoko rya Gisenyi yagize ati […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Uwahoze ari Gitifu afunzwe akekwaho kurigisa amafaranga ya Mutuelle z’abaturage

Uwahoze ari Gitifu w’Akagari ka Ruronde mu murenge wa Rusebeya afunzwe akekwaho kunyereza amafaranga arenga ibihumbi 200 Frw ya Mutuelle de Sante yahawe n’abaturage ntayageze muri konti.   Uwiringiyimana Jean de Dieu, amafaranga akekwaho kurigisa,  yayahawe n’abaturage akiri mu nshingano zo kuyobora akagari, nyuma aza guhindura imirimo ajya kuba Mwarimu ku ishuri ribanza.   Nyuma […]

Continuer la lecture