Ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bigeze he?

Kuri iki Cyumweru tariki 07 Kamena 2026, ni umunsi w’ijna (100) intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel batangije kuri Iran, imaze itangiye kuko yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Kimwe mu byo abantu bakomeje kwibaza ni iherezo ryayo, ni nyuma y’uko bemeranyije agahenge muri Mata, abantu bagatekereza ko amasezerano y’amahoro arambye yaba agiye […]

Continuer la lecture

‘Nta mpungenge abanyarwanda bakwiye kugira ku Cyorezo cya Ebola ‘ Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye kugira ku bijyanye n’icyorezo cya Ebola kimaze iminsi kivugwa mu bihugu by’abaturanyi, kuko hakajijwe ingamba zo kugikumira, gukurikirana no kwita ku wakwandura. r. Nsengiyumva yavuze ko hari icyizere cy’uko Igihugu cyiteguye bihagije mu kurinda ubuzima bw’abaturage kandi hatabayeho guhagarika ibikorwa by’ubukungu n’imibereho […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Yiyahuye nyuma yo kubuza umugore we gutunga telefone akanga kubyemera.

Umugabo w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rutsiro yanyoye umuti wica udukoko arapfa, bikekwa ko yabitewe n’amakimbirane yari amaze iminsi afitanye n’umugore we yabujije gutunga telefone ngo atazacudika n’abandi bagabo, undi akamutsembera ko atabaho adatunze telefone. Ibi byabereye mu Murenge wa Manihira, Akagari ka Muyira ho mu Mudugudu wa Muyira, ku wa 5 Kamena 2026. […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yaguze Matumona wakiniraga Amagaju FC.

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri myugariro w’Umunye-Congo, Abdel Matumona Wakonda Kanda hagamijwe gukomeza kongera imbaraga mu mutima w’ubwugarizi, yitegura umwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi yerekeje muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru nyuma yo gusoza amasezerano ye muri Amagaju FC yagezemo mu mpeshyi ya 2025, ndetse akaba yari ayibereye kapiteni wungirije.  ‎Mu […]

Continuer la lecture

U Rwanda rukeneye miliyari 114 Frw kugira ngo rugire abaganga bahagije b’inzobere mu kubaga

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko u Rwanda rukeneye asaga miliyari 114 Frw kugira ngo ruzibe icyuho cy’umubare muke w’abaganga b’inzobere mu kubaga, ibikoresho bikenerwa ndetse n’uw’ibyumba byo kubagiramo nabyo bikiri bike cyane. Ibi byagarutsweho mu nama yahuje abaganga b’inzobere mu kubaga baturutse mu bitaro bya leta n’iby’abigenga baganiriye ku buryo iki kibazo cyavugutirwa umuti kugira ngo […]

Continuer la lecture

Jose Chameleone a demandé à The Ben et Melodie de collaborer sur une chanson.

Le légendaire artiste ougandais et d'Afrique de l'Est, Joseph Mayanja, connu sous le nom de Jose Chameleone, a demandé à deux artistes rwandais de renom, The Ben et Bruce Melodie, de collaborer sur une chanson car leur point commun est la musique. Jose Chameleone leur a dit qu'il aimerait entendre une chanson qu'ils ont faite ensemble et qu'ils devraient laisser de côté ce qui les divise. Il a dit : « Je suis une légende, oui, mais je suis aussi un grand fan de [...]

Continuer la lecture

La RURA a annoncé les nouveaux prix des produits pétroliers.

L'Office Rwandais de Réglementation (RURA) a annoncé les nouveaux prix des produits pétroliers, où le litre d'essence est resté à 2 938 Frw, tandis que le litre de diesel est passé de 2 205 Frw à 2 927 Frw, soit une augmentation de 722 Frw. Les nouveaux prix ont été annoncés par la RURA le 5 juin et entreront en vigueur le 6 juin 2026 à 18h00 [...]

Continuer la lecture

Abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye ibihembo mu Irushanwa Mpuzamahanga rya Huawei ICT ryabereye mu Bushinwa.

Amakipe atatu y’abanyeshuri b’Abanyarwanda yaserukiye igihugu yitwaye neza, yegukana umwanya wa mbere n’uwa kabiri mu irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi ry’ikoranabuhanga rya Huawei ICT Competition 2025/2026, ryaberaga i Shenzhen mu Bushinwa. Huawei ICT Competition ni irushanwa ngarukamwaka ritegurwa n’ikigo cya Huawei ku rwego rw’Isi. Ryashyiriweho abanyeshuri n’abarimu bo muri za kaminuza n’amashuri makuru. Riba ari […]

Continuer la lecture

America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]

Continuer la lecture

Isomwa ry’urubanza ruregwamo Yampano ryasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano wasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko kumufunga by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gukubita no gukomeretsa, ubwinjiracyaha mu cyaha cy’ubwicanyi, ifungiranwa ry’umuntu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwangiza ikintu cy’undi n’ibindi. […]

Continuer la lecture

Ku myaka 42 yiga mu wa mbere ‘secondaire’: Inkuru ya Gumyusenge

Gumyusenge Jean Pierre ni umugabo w’abana bane w’imyaka 42 wiga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa mbere. Yavukiye mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, igihe cyo kujya kwiga kigeze ajyayo nk’abandi bana, ariko kubera ubushobozi buke byatumye ava mu ishuri ageze mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza. Uyu munyeshuri utangaza benshi ubwo yari mu […]

Continuer la lecture