Umuhora wa Hormuz wongeye gufungwa

Umutwe udusanzwe w’Igisirikare cya Iran, IRGC watangaje ko umuhora wa Hormuz wafunzwe, nyuma y’uko hashize iminsi itatu umwuka mubi wongeye kubura hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizwe hanze na IRGC, yasobanuye ko umuhora wa Hormuz ufunze ndetse ko ugerageza kuhanyura afatwa nk’umwanzi cyangwa ufatanya n’umwanzi. Ni icyemejo kije nyuma […]

Continuer la lecture

Musanze: Abanyamahanga bakekwaho urugomo batawe muri yombi.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani, mu Karere ka Musanze bakekwaho gukorera urugomo abamotari. Hashize iminsi mu Karere ka Musanze humvikana abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto, bavuga ko babangamiwe n’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya Ines Ruhengeri babakorera urugomo. Abaganiriye na […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yahinduye ba Minisitiri b’Ibikorwa remezo ndetse nuw’Ubucuruzi n’inganda.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasimbuje ba Minisitiri b’Ibikorwa Remezo, uw’Ubucuruzi n’Inganda ndetse n’uw’Abakozi ba Leta n’Umurimo. Ni impinduka Perezida Kagame yakoze mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026, zasize Minisiteri y’Ibikorwaremezo ihawe umwihariko wo kugira abanyamabanga ba leta babiri. Hari hashize iminsi Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi bibaza impamvu hari imwe […]

Continuer la lecture

Amerika yategetse u Bubiligi kutemerera Abanye-Congo kubwinjiramo.

Leta Zuzunze Ubumwe za Amerika zasabye u Bubiligi kubuza abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubwinjiramo, mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola. Iby’iki cyemezo cya Amerika byatangajwe n’ikinyamakuru De Morgen ku wa 9 Kamena 2026. Cyavuze ko Amerika ibinyujije muri Ambasaderi wayo mu Bubiligi, Bill White yasabye iki gihugu cy’i Burayi gukumira Abanye-Congo bashaka […]

Continuer la lecture

Les prix du marché ont augmenté de 12,9% en mai.

Les prix des marchés urbains au Rwanda ont continué d'augmenter en mai 2026, augmentant de 12,9% par rapport à mai 2025, ce qui indique que le coût de la vie continue d'augmenter pour les citoyens, en particulier pour les biens et services quotidiens. Un rapport de l'Institut National de Statistique du Rwanda (NISR) montre que cette hausse des prix dans les zones urbaines a légèrement diminué par rapport à avril [...]

Continuer la lecture

Amerika yarashe muri Iran mu guhorera indege yahanuwe.

Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zagabye ibitero muri Iran mu rwego rwo guhorera indege yabo yo mu bwoko bwa kajugujugu zizwi nka ‘Apache Helicopter’ ivuga ko yahanuwe na Iran. Mu butumwa bwo kuri X, Ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (Centcom) zanditse ko kuva saa yine z’ijoro ku isaha ngengamasaha ya […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Tchad wakinaga mu cyiciro cya kabiri muri afurika y’Epfo.

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije myugariro wo hagati, Charles Tchouplaou wakiniraga Ikipe ya Casric Stars FC yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Afurika y’Epfo. Uyu mukinnyi w’imyaka 25, wavukiye muri Cameroun ndetse ufite uburebure bwa metero 1,99, yageze muri Afurika y’Epfo muri Mutarama 2025. Mbere yaho yakiniye CR Bernoussi muri Maroc, Colombe Sport […]

Continuer la lecture

Espagne: Ibihumbi by’abakirisitu bakiriye Papa Léon XIV i Barcelone

Papa Léon XIV yageze ku Kibuga cy’Indege cya Barcelone-El Prat saa 12:45 z’amanywa ku isaha yaho, nyuma y’uruzinduko yari amaze kugirira i Madrid. Akigera i Barcelone, yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu bari buzuye mu mihanda ikikije katedarali y’umujyi, bamugaragariza ibyishimo byinshi. Mu isengesho rya saa sita z’amanywa, Papa Léon XIV yabwiye abakirisitu mu ndimi ebyiri, ari zo […]

Continuer la lecture

Umunyapolitiki utavuga rumwe na Tshisekedi banahatanye mu matora yamugiriye inama yo kutiyamamaza.

Umunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko uyu Mukuru w’Igihugu agomba kurekera kuyobora iki Gihugu ubwo manda yemerewe ziza zirangiye, akajya kuba Umusenateri uhoraho. Moïse Katumbi yabitangaje mu gihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje umugambi wo gushaka guhindura Itegeko Nshinga ry’iki Gihugu […]

Continuer la lecture

Urukiko rwategetse ko Yampano afungwa iminsi 30 Y’agateganyo.

Le tribunal de première instance de Kicukiro a ordonné que Uworizagwira Florient, alias Yampano, soit placé en détention provisoire de 30 jours à la prison de Mageragere. Le tribunal a lu publiquement la décision du procès, suivie par le ministère public contre Yampano. Le 9 juin 2026, le tribunal a examiné les raisons sérieuses basées sur des preuves qui pourraient justifier une détention provisoire de 30 jours.  Pour le crime d'intimidation et le crime de séquestration de personne [...]

Continuer la lecture

Umusifuzi wa mbere muri Afurika ntazasifura Igikombe cy’Isi nyuma yo kwangirwa kwinjira muri Amerika.

Omar Artan wari ugiye gukora amateka yo kuba Umunya-Somalia wa mbere usifuye Igikombe cy’Isi, yakuwe ku rutonde rw’abazasifura iri rushanwa nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Artan yatowe nk’Umusifuzi w’umwaka wa 2025 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF). Yari ku rutonde rw’abasifuzi barindwi bo muri Afurika bazasifura Igikombe cy’Isi kizatangira ku […]

Continuer la lecture